• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
11/07/25
Kamonyi-Rukoma: Polisi yataye muri yombi abakekwaho ubugizi bwa nabi bategeraga abantu mu nzira
11/07/25
Kamonyi-Nyarubaka: Murashishikazwa no gucuruza ariko twe dushishikajwe no kugira abaturage bafite ubuzima bwiza-Visi Meya Uzziel
11/07/25
Kamonyi-Karama: Icyo Gitifu w’umurenge avuga ku iyibwa rya Mudasobwa 67 mu kigo cy’Ishuri
11/07/25
Kamonyi-Ngamba: Harakekwa urupfu rw’Umugabo wishwe n’umugore we n’umwana yibyariye

Kamonyi: Menya imyirondoro ya batanu bagwiriwe n’ikirombe batatu bagahita bapfa

Umwanditsi
January 14, 2020

Abantu batanu kuri uyu wa 14 Mutarama 2020 mu Mudugudu wa Kamabuye, Akagari ka Ngoma, Umurenge wa Nyamiyaga bagwiriwe n’ikirombe bacukuragamo amabuye bakuramo Konkasi. Batatu bahise bahasiga ubuzima, abandi babiri barakomereka. Imyirondoro ya bamwe muri aba yamaze kumenyekana.

Imyirondoro y’aba bantu bagwiriwe n’ikirombe nk’uko ubuyobozi bw’Umurenge bwayitangaje, harimo utabashije kugaragarizwa imyirondoro, ariko intyoza.com iracyakurikirana iby’iyi myirondoro yose hamwe n’ ibijyanye n’ubwishingizi bw’aba bakozi.

Iki kirombe gicukurwamo amabuye akurwamo Konkase ni icy’ uwitwa Ngenzi primiyani wo mu Kagari ka Kigese ho mu Murenge wa Rugalika mu karere ka Kamonyi.

Imyirondoro y’abo ikirombe cyagwiriye:

Abapfuye:

1)Yankurije Donatile w’imyaka 54 y’amavuko. Ni mwene Munyukafu yosefu  na nyiranzarubara costasie

2)Musengimana polidi (Imyirondoro ye ntabwo iramenyekana)

3)Karera Innocent w’imyaka 39 y’amavuko. Uyu ni mwene Munyantore Daniel na   Nyirabazaza Daforosa

Abakomeretse:

1)Uwiduhaye Charlotte w’imyaka 20 y’amavuko

2) Dushimiye Bernadette w’imyaka 21 y’amavuko.

Abakomeretse bajyanywe kuvurirwa ku kigo nderabuzima-Centre de Sante ya nyamiyaga.

Soma indi nkuru bijyanye hano: Kamonyi/Nyamiyaga: Abantu batanu bagwiriwe n’ikirombe harokoka babiri

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Kamonyi-Nyamiyaga: Umurezi mu kigo cy’Ishuri araye mu maboko atari aye kubera umwana w’umukobwa w’imyaka 14-15
Umwanditsi
October 17, 2024
Ibyiciro

Amakuru

5832 Posts

Politiki

4083 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

999 Posts

Imyidagaduro

80 Posts

Imikino

141 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga