• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
14/07/25
Kamonyi-Ngamba: Abakekwaho kwica umugabo w’imyaka 45 bamaze gutabwa muri yombi
14/07/25
Kamonyi-Rukoma: Polisi yataye muri yombi abakekwaho ubugizi bwa nabi bategeraga abantu mu nzira
14/07/25
Kamonyi-Nyarubaka: Murashishikazwa no gucuruza ariko twe dushishikajwe no kugira abaturage bafite ubuzima bwiza-Visi Meya Uzziel
14/07/25
Kamonyi-Karama: Icyo Gitifu w’umurenge avuga ku iyibwa rya Mudasobwa 67 mu kigo cy’Ishuri

Amakosa akomeye n’imiyoborere idakwiye bitumye Minisitiri Diane Gashumba yegura

Umwanditsi
February 14, 2020

Itangazo rituruka mu biro bya Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda, Dr Edouard Ngirente ryo kuri uyu wa 14 Gashyantare 2020, rivuga ko Dr Diane Gashumba wari Minisitiri w’Ubuzima yamaze gutanga ubwegure bwe kubera amakosa akomeye n’imiyoborere idakwiye yakomeje kugaragaza.

Kwegura kwa Dr Diane Gashumba, wari Minisitiri w’Ubuzima kuri uyu mwanya yari amazeho imyaka hafi ine, kuje gukurikira iyirukanwa burundu mu bakozi ba Leta ry’uwari umujyanama we, Gahungu Zacharie wazize amakosa akomeye yakoze mu kazi.

Dr Diane Gashumba, ni umuganga w’umwuga kandi w’inzobere mu kuvura abana. Yatangiye umwuga w’ubuvuzi mu mwaka w’1999. Afite impamyabumenyi y’ikirenga mu buvuzi rusange, akagira impamyabumenyi y’cyiciro cya gatatu cya Kaminuza mu kuvura abana. Yayoboraga Minisiteri y’Ubuzima kuva kuwa 04 Ukwakira 2016 aho yagiye kuri uyu mwanya asimbuye Dr Agnes Binagwaho.

Dore itangazo ryo mubiro bya Minisitiri w’intebe ryanyuze kuri Twitter uko rivuga:

Aya makosa akomeye n’imiyoborere idakwiye yatumye uyu Nyakubahwa yegura muri Guverinoma ntabwo byahsyizwe ahagaragara. Turacyashakisha imvano y’iri yegura n’ayo makosa akomeye n’imiyoborere idakwiye.

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Kamonyi-Nyamiyaga: Umurezi mu kigo cy’Ishuri araye mu maboko atari aye kubera umwana w’umukobwa w’imyaka 14-15
Umwanditsi
October 17, 2024
Ibyiciro

Amakuru

5833 Posts

Politiki

4084 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

999 Posts

Imyidagaduro

80 Posts

Imikino

141 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga