• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
08/12/25
Kamonyi: Uburenganzira bw’Ufite Ubumuga ntabwo bureba Ubuyobozi gusa-Visi meya Uwiringira M Josee
08/12/25
Igishoro cy’Ibihumbi 450 cyahesheje Umunyamahirwe wa FORTEBET gutsindira hafi Miliyoni 2,5 y’u Rwanda
08/12/25
Kamonyi-Rugalika: Abadepite basabye Akarere kugira nibura Site imwe y’Imiturire y’icyitegererezo
08/12/25
Ab’Imyumvire iganisha ku kugumura Abaturage bahawe“GASOPO”, babwirwa itegeko n’Ibihano

Umulayiki Gatolika aravugwaho gufata ku ngufu abagore 6 mu Bufaransa

Umwanditsi
February 23, 2020

Jean Vanier washize ishyirahamwe ry’abafite ibibazo byo mu mutwe ryitwa L’Arche, hasohotse icyegeranyo mpuzamahanga cyangwa Iperereza ryakozwe n’ikigo cyigenga cyo mu Bwongereza cyitwa GCPS, kivuga ko yafashe ku ngufu abagore batadatu mu gihugucy’u Bufaransa.

Jean Vanier, ni Umunyakanada washinze ishyirahamwe mpuzamahanga L’Arche mu Gihugu cy’u Bufaransa mu mwaka wa 1964 akaba yarapfuye mu mwaka wa 2019 afite imyaka 90 y’amavuko.

Nkuko BBC dukesha iyi nkuru ibitangaza, iki cyegeranyo kivuga ko; Vanier, umulayike wari akomeye muri Kiliziya Gatolika yafashe ku ngufu abagore batandatu mu Bufaransa hagati y’umwaka wa 1970 na 2005 nk’uko itangazo rya L’Arche Inernational ribivuga. Rivuga kandi ko aba bagore mu kubasambanya yabahendahendaga ababwira ko ngo ashaka kubaha ubutumwa bw’Imana agahita abasambanya.

Iryo tangazo rivuga riti: “Abo bagore bose batanze amakuru amwe kubyo bakorewe akababwira ko byari ibitangaza by’Imana mu gusobanura amabi yabakoreye. Ayo mabi yagize ingaruka mbi ku buzima bwabo no mu migenderanire yabo n’abandi bantu”.

Rigira kandi riti: “Ibyo yabakoreye byerekana uburyo Vanier yari yarigaruriye aba bagore, haba mu mutwe ndetse no mu kwemera kwabo”. Rikomeza rivuga kandi ko Vanier yabasabye ko ibyababayeko babigira ibanga.

Muri aba bagore yafashe ku ngufu, harimo ababikira hamwe n’abakozi bo mu Kiriziya, nk’uko bivugwa n’ikinyamakuru cyo muri Canada, Globe and Mail, cyatanze aya makuru ubwa mbere.

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5928 Posts

Politiki

4177 Posts

Ubuhinzi

150 Posts

Ubukungu

1040 Posts

Imyidagaduro

86 Posts

Imikino

157 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga