Leta y’u Rwanda yongereye iminsi 15 kuri gahunda ya “Guma murugo”

Inama y’Abaminisitiri idasanzwe yateranye kuri uyu wa 01 Mata 2020, iyobowe na Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Kagame Paul, yongereye iminsi 15 kuri gahunda ya “Guma murugo”. Ni gahunda igamije gutuma abantu bubahiriza amabwiriza yo kwirinda icyorezo cya Corona Virus. Ntagihindutse iyi gahunda ya Guma murugo yarangira kuwa 19 Mata 2020 i saa tanu n’iminota 59.

Itangazo ry’Inama y’Abaminisitiri idasanzwe rigira riti:

 

 

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Umwanditsi

Learn More →