Gahunda ya “Guma mu rugo” yarangiye nubwo hari ibikorwa birakomeza gufunga kugeza muri Nzeri

Inama y’Abaminisitiri idasanzwe yateranye kuri uyu wa 30 Mata 2020, ikayoborwa na Perezida wa Repubulika Paul Kagame, yemeje zimwe mu mpinduka zari mu Ngamba zafashwe mu kwirinda ikwirakwiza rya CoronaVirus. “Guma mu rugo yakuweho”, bimwe mu bikorwa n’imirimo byemerewe gukora ariko hakaba n’ibindi bikomeza gufunga ndetse n’amashuri akazafungura mu kwezi kwa Cyenda(Nzeri). Gahunda nshya izatangira kubahirizwa guhera kuwa Mbere tariki ya 04 Gicurasi 2020.

Itangazo ry’ibyemezo by’inama y’Abaminisitiri rigira riti;

 

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Umwanditsi

Learn More →