Perezida Kagame yashyizeho abayobozi mu myanya itandukanye

Mu itangazo ryaturutse mu biro bya Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda Dr Ngirente Edouard, kuri uyu wa 11 Gicurasi 2020 riragaragaza ko Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Kagame Paul, ashingiye ku biteganywa n’itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda ryo muri 2003 ryavuguruwe muri 2015 cyane cyane mu ngingo zaryo iya 111, n’iya 112; yashyize abayobozi batandukanye mu myanya y’akazi.

Itangazo rigira riti;

 

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Umwanditsi

Learn More →