• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
13/07/25
Kamonyi-Ngamba: Abakekwaho kwica umugabo w’imyaka 45 bamaze gutabwa muri yombi
13/07/25
Kamonyi-Rukoma: Polisi yataye muri yombi abakekwaho ubugizi bwa nabi bategeraga abantu mu nzira
13/07/25
Kamonyi-Nyarubaka: Murashishikazwa no gucuruza ariko twe dushishikajwe no kugira abaturage bafite ubuzima bwiza-Visi Meya Uzziel
13/07/25
Kamonyi-Karama: Icyo Gitifu w’umurenge avuga ku iyibwa rya Mudasobwa 67 mu kigo cy’Ishuri

Igihugu cya Kenya cyururukije ibendera ryacyo mu kwifatanya n’Abarundi mu rupfu rwa Nkurunziza

Umwanditsi
June 12, 2020

Perezida wa Kenya, Uhuru Kenyatta, kuri uyu wa 12 Kamena 2020 yategetse ko amabendera yururutswa kugera hagati mu rwego rwo kwifatanya n’Uburundi mu kababaro k’urupfu rwa Perezida Pierre Nkurunziza. Ibi bizakomeza kugera ku ishyingurwa rya Petero Nkurunziza kandi birakorwa ahari ibendera ry’iki gihugu hose ku Isi.

Mu itangazo rye, Perezida Kenyata yabwiye abaturage b’Umuryango w’Afrika y’Uburasirazuba, avuga ko amabendera ya Kenya n’amabendera ya EAC agomba kugezwa hagati kuva mu gitondo kugera nimugoroba, ku nyubakwa za Leta zose, mu gihugu imbere, n’iz’ambasade za Kenya zose ku isi, kuri uyu wa gatandatu, taliki ya 13 Kamena 2020.

Asobanura ko ari “ukuzirikana ubuzima bwa nyakwigendera nyakubahwa Perezida Pierre Nkurunziza no kugaragaza icyubahiro gihambaye n’ukundo yari afitiwe n’abaturage b’Afurika y’Uburasirazuba, Afrika, n’isi yose, no kumushimira ibikorwa bye bikomeye byo guteze imbere EAC”.

Perezida Kenyatta, nkuko ijwi rya Amerika ribitangaza, akomeza avuga kandi ko kururutsa amabendera kugera hagati ari ikimenyetso cyo “kwifatanya na bakuru bacu, barumuna bacu, na bashiki bacu bo muri Repubulika y’Uburundi.”

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Kamonyi-Nyamiyaga: Umurezi mu kigo cy’Ishuri araye mu maboko atari aye kubera umwana w’umukobwa w’imyaka 14-15
Umwanditsi
October 17, 2024
Ibyiciro

Amakuru

5833 Posts

Politiki

4084 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

999 Posts

Imyidagaduro

80 Posts

Imikino

141 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga