• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
15/07/25
Kamonyi-Ngamba: Abakekwaho kwica umugabo w’imyaka 45 bamaze gutabwa muri yombi
15/07/25
Kamonyi-Rukoma: Polisi yataye muri yombi abakekwaho ubugizi bwa nabi bategeraga abantu mu nzira
15/07/25
Kamonyi-Nyarubaka: Murashishikazwa no gucuruza ariko twe dushishikajwe no kugira abaturage bafite ubuzima bwiza-Visi Meya Uzziel
15/07/25
Kamonyi-Karama: Icyo Gitifu w’umurenge avuga ku iyibwa rya Mudasobwa 67 mu kigo cy’Ishuri

Leta y’Ubushinwa na Amerika birimo kurwanira mu itangazamakuru

Umwanditsi
July 2, 2020

Nyuma y’uko mu minsi ishize Leta zunze ubumwe za Amerika zafatiye ingamba zikarishye ibinyamakuru 4 by’ubushinwa bikorera ku butaka bwayo, bishinjwa gukorera munyungu za Politiki y’Ubushinwa no mu murongo wa Politiki yabwo, Ubushinwa nabwo bwafatiye ibyemezo ibitangazamakuru bine bya Amerika bikorera kubutaka bw’Ubushinwa. Byahawe iminsi 7 yo gukora icyo byasabwe.

Leta y’Ubushinwa yafatiye ibyemezo ibigo by’itangazamakuru bine byo muri Leta zunze ubumwe z’Amerika bikorera kubutaka bwayo. Ibyo bigo ni; Associated Press, United Press International, CBS na National Public Radio.

Umuvuzi wa minisiteri y’ububanyi n’amahanga y’Ubushinwa, Zhao Lijian, yavuze ko ibi bigo bihawe iminsi irindwi kugirango bibe byashyikirije Leta y’Ubushinwa urutonde rw’abakozi babyo bari mu Bushinwa n’umutungo wabyo bifite mu Bushinwa.

Yasobanuye ko ari igisubizo ku cyemezo cya Leta zunze ubumwe z’Amerika cyo gushyira mu rwego rw’ambasade z’amahanga ibigo bine by’Ubushinwa bikorera muri Leta zunze ubumwe z’Amerika.

Umuvugizi wa minisiteri y’ububanyi n’amahanga y’Ubushinwa Zhao Lijian.

Ibi bigo leta ya Amerika yafatiye ibyemezo nkuko ijwi rya Amerika dukesha iyi nkuru ribitangaza harimo; Televiziyo CCTV, ikigo ntaramakuru Xinhua, n’ibinyamakuru People’s Daily na Global Times. Byose uko ari bine ni ibya Leta y’Ubushinwa. Mu byemezo byafatiwe ibi bigo, harimo kugabanya cyane abakozi babyo bari muri Leta zunze ubumwe z’Amerika.

Soma hano inkuru bijyanye ku byemezo Amerika yafashe mbere: Ibinyamakuru 4 by’Ubushinwa bikorera ku butaka bwa Amerika biri mu mazi abira

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Kamonyi-Nyamiyaga: Umurezi mu kigo cy’Ishuri araye mu maboko atari aye kubera umwana w’umukobwa w’imyaka 14-15
Umwanditsi
October 17, 2024
Ibyiciro

Amakuru

5833 Posts

Politiki

4084 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

999 Posts

Imyidagaduro

80 Posts

Imikino

141 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga