• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
11/07/25
Kamonyi-Rukoma: Polisi yataye muri yombi abakekwaho ubugizi bwa nabi bategeraga abantu mu nzira
11/07/25
Kamonyi-Nyarubaka: Murashishikazwa no gucuruza ariko twe dushishikajwe no kugira abaturage bafite ubuzima bwiza-Visi Meya Uzziel
11/07/25
Kamonyi-Karama: Icyo Gitifu w’umurenge avuga ku iyibwa rya Mudasobwa 67 mu kigo cy’Ishuri
11/07/25
Kamonyi-Ngamba: Harakekwa urupfu rw’Umugabo wishwe n’umugore we n’umwana yibyariye

Ubushinwa n’Ubuhinde bikomeje gushyamirana bipfa ubutaka

Umwanditsi
September 1, 2020

Kuri uyu wa 31 Kanama 2020, hagati y’Igihugu cy’Ubushinwa ndetse n’Ubuhinde hongeye kuzamuka icyuka kitari cyiza cyakuruwe no kuba buri gihugu gishinja ikindi kurengera imbago z’urubibe rwo mu misozi ya Himalaya.  

Uku gushinjanya hagati y’ibi bihugu bibarwa mu byambere ku Isi mu kugira abaturage benshi, kubaye hashize amezi abiri habaye ugushyamirana kwahitanye abasirikare bagera kuri 20 b’abahinde.

Ubuhindi bushinja Ubushinwa gushaka kurengera urubibe rwabwo mu ntara ya Ladakh kuwa Gatandatu w’icyumweru gishize, mu gihe Ubushinwa nabwo buvuga ko abasirikare b’Ubuhindi babigerageje kuri uyu wa mbere.

Ibi bihugu uko ari bibiri bivuga ko bizarwanira ubutaka bwabyo. Urwango hagati y’ibi bihugu bitunze ibitwaro bya kirimbuzi-Nikleyeli, ubu rugeze ku rugero runini kuva birwanye biturutse ku makimbirane y’urubibe mu mwaka wa 1962.

Ibiganiro bya kidipolomasi na gisirikare hagati y’ibi bihugu nkuko ijwi rya Amerika ribitangaza, nta ntambwe byagezeho. Minisitiri w’ingabo yavuze kuri uyu wa mbere ko abasirikare b’Ubushinwa bakoze ibikorwa by’ubushotoranyi kuwa Gatandatu. Mugenzi we w’Ubushinwa nawe yavuze ko Ubuhinde bwaciye ukubiri n’ubwigenge bw’Ubushinwa mu bikorwa bwakoze kuwa mbere kandi busaba Ubuhinde gusubiza inyuma abasirikare babwo.

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Kamonyi-Nyamiyaga: Umurezi mu kigo cy’Ishuri araye mu maboko atari aye kubera umwana w’umukobwa w’imyaka 14-15
Umwanditsi
October 17, 2024
Ibyiciro

Amakuru

5832 Posts

Politiki

4083 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

999 Posts

Imyidagaduro

80 Posts

Imikino

141 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga