• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
20/07/25
Umunyamakuru muzima ni uriho si uwapfuye-Me Jean Paul Ibambe
20/07/25
Kamonyi-Nyamiyaga: URUGAGA RW’ABAYOBOZI ku Mudugudu rwabaye igisubizo ku mibereho myiza y’Umuturage
20/07/25
Kamonyi-Ngamba: Abakekwaho kwica umugabo w’imyaka 45 bamaze gutabwa muri yombi
20/07/25
Kamonyi-Rukoma: Polisi yataye muri yombi abakekwaho ubugizi bwa nabi bategeraga abantu mu nzira

Abana bagera kuri 550.000 muri Amerika basanzwemo COVID-19

Umwanditsi
September 17, 2020

Raporo ivuga ko muri Leta zunze ubumwe za Amerika habaruwe abantu 549.432 bafite COVID-19 ari bana kugeza ubu, bangana na 10 ku ijana byabanduye.

Raporo nshya y’ishuri ry’Abanyamerika ryita ku bana n’ishyirahamwe ry’ibitaro by’abana, ivuga ko abana bagera kuri 550.000 bo muri Amerika basanzwemo COVID-19 kuva icyorezo cyatangira.

Raporo kandi ivuga ko habaruwe abana bashya 72.993 kuva ku ya 27 Kanama kugeza ku ya 10 Nzeri uyu mwaka, ibyo bikaba byiyongereyeho 15 ku ijana by’abana banduye mu byumweru bibiri.

Raporo yavuze ko muri Leta zunze ubumwe za Amerika habaruwe abana 549.432 bose banduye COVID-19 kugeza ubu, kandi abana bahagarariye 10 ku ijana byabanduye bose. Igipimo rusange ni 729 ku bana 100.000 mu baturage.

Raporo yavuze ko abana bari 0,6 kugeza kuri 3,6 ku ijana by’abashyizwe mu bitaro, naho 0 kugeza 0.3 ku ijana by’impfu zose ziterwa na COVID-19. “Muri iki gihe, bigaragara ko indwara zikomeye zatewe na COVID-19 zidasanzwe mu bana. Icyakora, ibihugu bigomba gukomeza gutanga raporo zirambuye ku cyorezo cya COVID-19.
Source: Xinhua

Inkuru yanditswe na Venuste Habineza

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Kamonyi-Nyamiyaga: Umurezi mu kigo cy’Ishuri araye mu maboko atari aye kubera umwana w’umukobwa w’imyaka 14-15
Umwanditsi
October 17, 2024
Ibyiciro

Amakuru

5835 Posts

Politiki

4086 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

1000 Posts

Imyidagaduro

80 Posts

Imikino

141 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga