• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
27/10/25
Kamonyi-Rugalika: Ubufatanye bw’Ababyeyi n’Ubuyobozi bwa GS Ruramba, urugero rw’ibishoboka
27/10/25
Nyamagabe: Kuhira imyaka ntibisaba gusa imashini, n’atemba ku musozi aruhira-Min. Dr Bagabe Mark Cyubahiro
27/10/25
Kamonyi: Nk’Abayobozi, dukore baturebereho kuruta kuvuga ibyo tudakora- Guverineri Alice Kayitesi
27/10/25
Dr Sosthène Munyemana ukurikiranyweho ibyaha bya Jenoside yasabiwe gufungwa burundu

Donald Trump yifatiye ku gahanga umusenateri ukuriye abandi

Umwanditsi
February 17, 2021

Uwahoze ari Perezida wa Amerika, Donald Trump, yasabye kuri uyu wa kabiri abasenateri b’abarepublikani kwitandukanya na Mitch McConnell, umukuru wabo muri Sena. Ni nyuma y’aho uyu musenateri avugiye ko uyu wahoze ari Perezida yagize uruhare mu myigaragambyo kuri Capitol( inzu y’inteko ishinga amategeko).

Donald Trump avuga ko ishyaka ry’abarepublikani ritazasubira kubahwa cyangwa gukomera mu gihe abategetsi nka senateri Mitch McConnell bakiri ku mutwe waryo.

Iki gitero kije nyuma y’aho McConnell avugiye ku musi wa gatandatu w’icyumweru gishize ko naho yatoye yemeza ko Trump ari umwere mu rubanza rwa impeachment, uwo wahoze ari Perezida ngo yagize uruhare mu midugararo yabaye kw’itariki 6 z’ukwezi kwa mbere kuri Capitol ya Amerika.

Trump nkuko ijwi rya Amerika ribitangaza, ashinja McConnell kuba ari we watumye abarepublikani batakaza sena.

Trump yavuze kandi ko azakomeza gukorana n’abanyamugambwe/abakuru b’ishyaka mu gihugu hagati no gushyigikira abakandida b’abarepublikani bamuyoboka, mu matora yo mu kwezi kwa cumi na kumwe 2022.

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Yasuwe inshuro: 0

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5898 Posts

Politiki

4149 Posts

Ubuhinzi

150 Posts

Ubukungu

1023 Posts

Imyidagaduro

85 Posts

Imikino

150 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga