• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
13/07/25
Kamonyi-Ngamba: Abakekwaho kwica umugabo w’imyaka 45 bamaze gutabwa muri yombi
13/07/25
Kamonyi-Rukoma: Polisi yataye muri yombi abakekwaho ubugizi bwa nabi bategeraga abantu mu nzira
13/07/25
Kamonyi-Nyarubaka: Murashishikazwa no gucuruza ariko twe dushishikajwe no kugira abaturage bafite ubuzima bwiza-Visi Meya Uzziel
13/07/25
Kamonyi-Karama: Icyo Gitifu w’umurenge avuga ku iyibwa rya Mudasobwa 67 mu kigo cy’Ishuri

Kamonyi-Runda: Mu rugo rw’umuturage hatahuwe uruganda rw’inzoga zitemewe

Umwanditsi
June 1, 2021

Umukwabu( Operation) wakozwe na Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Kamonyi hamwe n’izindi nzego zirimo abakozi b’ikigo gishinzwe kugenzura ibiribwa n’imiti mu Rwanda-FDA, ku gicamunsi cy’uyu wa 01 Kamena 2021 mu Mudugudu wa Nyabitare, Akagari ka Ruyenzi, Umurenge wa Runda, mu rugo rw’umuturage hatahuwe uruganda rwenga inzoga zitemewe n’amategeko. (Yavuguruwe)

Inzoga zafashwe, nyinshi zari mu bidomoro binini cyane zitarwamo, izindi mu macupa zamaze gupakirwamo. Izi nzoga zari mu moko abiri, ku birango byazo bishyirwa ku macupa hamwe handitseho “Uruyuki” mu gihe ku yindi byari ” Isano Ginger Drink “.

Iyo mu bwoko bwa ” Uruyuki” hafashwe Litiro 3802 zayo, mu gihe Isano Ginger Drink hafashwe Litiro384( iyi ngo imenyerewe nk’izizwi ku mazina ya Kambuca). Agaciro mu mafaranga urebye n’ibikoresho bitandukanye byakoreshwaga byafashwe, karabarirwa mu mamiliyoni nyiri uruganda yahombye. Aka kandi banafashe Litiro 400 za Sipiriti( Spirit) yifashishwa mu kuzenga.

Izi zose ni izafashwe.

Bimwe mu bikoresho byifashishwa mu gukora izi nzoga, mu gikoni aho batekera.

Polisi, zimwe mu nzego zindi z’umutekano hamwe n’abakozi bo mu kigo gishinzwe kugenzura ibiribwa n’imiti -FDA ndetse n’abo mu nzego z’ibanze, basa n’abasoje iki gikorwa ku i saa tatu z’ijoro.

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Kamonyi-Nyamiyaga: Umurezi mu kigo cy’Ishuri araye mu maboko atari aye kubera umwana w’umukobwa w’imyaka 14-15
Umwanditsi
October 17, 2024
Ibyiciro

Amakuru

5833 Posts

Politiki

4084 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

999 Posts

Imyidagaduro

80 Posts

Imikino

141 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga