Amerika irimo kotswa igitutu ngo itume habaho kongera igihe cyo guhungisha abantu bava muri Afghanistan igenzurwa n’aba Taliban, mu gihe igihe ntarengwa cyo kuhakura ingabo cyegereje. Bijyanye n’amasezerano yagiranye n’aba Taliban, Amerika igomba kuhava...
Read More
Perezida Samia Suluhu yibasiwe n’abamushinja amagambo y’“urucantege” yavuze ku bagore
Perezida wa Tanzania Samia Suluhu Hassan arimo kunengwa ku mbuga nkoranyambaga kubera kuvuga ko bamwe mu bakinnyi b’abagore b’ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru bafite “mu gatuza harambuye” kandi ko batabereye kuba bashakwa. Yabivugiye mu biro...
Read More