• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
15/11/25
Kamonyi-Rugalika: Hasojwe icyumweru cy’Umuryango hasezerana abarimo umaze imyaka 50
15/11/25
Ruhango-Kabagali: Umugabo yatawe muri yombi akekwaho Ubujura bw’Intsinga z’Amashanyarazi yari atwaye
15/11/25
Itangazo ry’Umushinga RW0379 ADEPR Gatenga rihamagarira Gupiganira isoko
15/11/25
Amajyepfo-Turindane: Kamonyi ku isonga mu mpanuka zirimo izihitana ubuzima bw’Abantu

Guverinoma y’u Rwanda ikoze igikorwa cyari kimaze igihe gitegerejwe na benshi cyo gufungura utubari

Umwanditsi
September 21, 2021

Amezi yari abaye hafi 18 ikitwa utubari twahuriragamo abatari bake mu Rwanda dufunzwe ku mugaragaro kubera ingamba zo kwirinda icyorezo cya covid-19. Kuri uyu wa 21 Nzeri  2021, inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro iyobowe na Perezida  Kagame Paul, yanzuye ko utubari tugiye gufungurwa ariko byose bikazakorwa mu byiciro.

Ni ubwo hari hashize iki gihe cyose byitwa ko utubari dufunze, tudakora, nta wavuga ko muri rusange tutakoze kuko henshi twakoraga byitwa ko dufunze. Hari benshi mu bafute utubari bagiye bafatwa bagacibwa amande ndetse n’abadufatiwemo bagahanwa ariko bwacya kuko abanywi ba byeri kuyirara cyangwa ukamara kabiri utagasomye bigora ukumva umuntu ngo yafatiwe mukabari cyangwa se bamuvudukanye.

Igikorwa cyo gufungura ku mugaragaro utubari, nta washidikanya ko cyari gitegerejwe na benshi kuko ni hamwe mu hatanga kwisanzura n’ibyishimo ndetse hahuza abanywa byeri n’abanywa imitobe. Uko bizakorwa kose, benshi mu bahoraga banywa cyangwa bajya mu tubari babundabunda cyangwa se bikanga kuhafatirwa bararuhutse.

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5914 Posts

Politiki

4164 Posts

Ubuhinzi

150 Posts

Ubukungu

1032 Posts

Imyidagaduro

86 Posts

Imikino

154 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga