• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
11/07/25
Kamonyi-Rukoma: Polisi yataye muri yombi abakekwaho ubugizi bwa nabi bategeraga abantu mu nzira
11/07/25
Kamonyi-Nyarubaka: Murashishikazwa no gucuruza ariko twe dushishikajwe no kugira abaturage bafite ubuzima bwiza-Visi Meya Uzziel
11/07/25
Kamonyi-Karama: Icyo Gitifu w’umurenge avuga ku iyibwa rya Mudasobwa 67 mu kigo cy’Ishuri
11/07/25
Kamonyi-Ngamba: Harakekwa urupfu rw’Umugabo wishwe n’umugore we n’umwana yibyariye

Uruhinja rukivuka rwatoraguwe ahashyirwa imyanda mu ndege

Umwanditsi
January 3, 2022

Abakozi ku kibuga cy’indege mu kirwa cya Maurice batoye uruhinja rukivuka rwasizwe aho bashyira imyanda mu cyumba cy’ubwiherero cyo mu ndege.

Umugore w’imyaka 20 uturuka muri Madagascar, bikekwa ko ariwe wari umaze kubyarira muri iyo ndege, yatawe muri yombi. Iyo ndege ya Air Mauritius (Izinga/ikirwa rya Maurice), yari yashyitse ivuye muri Madagascar, yururutse ku kibuga mpuzamahanga cy’indege cya Sir Seewoosagur Ramgoolam tariki ya mbere Mutarama.

Abakozi bo ku kibuga cy’indege nkuko BBC ibitangaza, batoye uwo mwana igihe barimo barasuzuma iyo ndege nk’uko bisanzwe bikorwa. Babonye agatambaro ko kwihanaguza mu kazu k’ubwiherero kariho amaraso, bahita bihutana urwo ruhinja ku bitaro biri hafi kugira ngo rwitabweho. Igiporisi cyo ku kibuga cy’indege cyabajije abari mu ndege.

Umugore ukekwa kuba ariwe nyina w’uwo mwana, mu ntangiriro yatangiye guhakana ko ariwe nyina we, yakorewe ibipimo bihita byemeza ko yari arangije kubyara. Yahise aguma acungiwe umutekano na Polisi mu bitaro. We n’umwana we bivugwa ko bameze neza.

Uwo mugore, ava muri Madagascar, yari aje muri Maurice ku ruhushya rwo gukora rw’imyaka ibiri, azabazwa amaze kuva mu bitaro hanyuma akurikiranweho guta umwana akivuka.

intyoza

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Kamonyi-Nyamiyaga: Umurezi mu kigo cy’Ishuri araye mu maboko atari aye kubera umwana w’umukobwa w’imyaka 14-15
Umwanditsi
October 17, 2024
Ibyiciro

Amakuru

5832 Posts

Politiki

4083 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

999 Posts

Imyidagaduro

80 Posts

Imikino

141 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga