Bamwe mu baturage batuye mu kagali ka Ngaru, Umurenge wa Nyarusange barasaba akarere kubafasha kubona aho banyura kubera ko umugezi wa Miguramo wamaze gutandukanya aka kagali n’uyu murenge. Abasaba serivisi bibasaba guca mu karere...
Read More
Muhanga: Guverineri Kayitesi yihanangirije abakora ubucukuzi bw’amabuye y’Agaciro bangiza ibidukikije
Guverineri w’Intara y’Amajyepfo, Kayitesi Alice yihanangirije abakora ubucukuzi bw’amabuye y’Agaciro ariko bukaba bwangiza ibidukikije ndetse bikaba binatwara imyaka abaturage baba bahinze. Yibukije ko ibi bitareba abacukuzi gusa ahubwo ko buri wese akwiye kubigira intego...
Read More