Kuri uyu wa 12 Kanama 2022, Umuhungu wa Perezida Kagame na Jeannette Kagame, Ian Kagame Yasoje amasomo mu ishuri rya Gisirikare ry’Ubwami bw’Ubwongereza( Royal Military Academy) aho yahawe ipeti rya Sous Lieutenant. Ni umuhango...
Read More
Amajyepfo: Guverineri Kayitesi yakebuye inzego z’Abagore mu kwesa Imihigo
Guverineri w’Intara y’Amajyepfo, Kayitesi Alice yashimiye uturere twitwaye neza mu kwesa imihigo ku gipimo cyo hejuru, akebura abagaragaje intege nke, abasaba kureba aho baguye bityo bakanoza ibyo batakoze mu mwaka mushya w’Imihigo wa 2022-2023....
Read More