Perezida wa SENA y’u Rwanda, Dr Iyamuremye Augustin yeguye

Dr Iyamuremye Augustin wari usanzwe ari Perezida w’Inteko ishinga amategeko y’u Rwanda umutwe wa SENA yatanze ibaruwa ihamya ubwegure bwe kuri uyu mwanya no kuba umusenateri.

Mu ibaruwa yanditse yahaye abari bamwungirije bombi ndetse nabo bakoranaga muri Sena, yagaragaje ko afite uburwayi adashobora guhuza n’akazi k’ubusenateri yari ashinzwe muri Sena y’U Rwanda.

Dr Iyamuremye Augustin, ashimira Perezida wa Repuburika wamugiriye icyizere akaba muri sena ndetse akayiyobora.

Isomere ibikubiye mu ibaruwa y’ubwegure bwe;

intyoza

Umwanditsi

Learn More →