• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
13/07/25
Kamonyi-Ngamba: Abakekwaho kwica umugabo w’imyaka 45 bamaze gutabwa muri yombi
13/07/25
Kamonyi-Rukoma: Polisi yataye muri yombi abakekwaho ubugizi bwa nabi bategeraga abantu mu nzira
13/07/25
Kamonyi-Nyarubaka: Murashishikazwa no gucuruza ariko twe dushishikajwe no kugira abaturage bafite ubuzima bwiza-Visi Meya Uzziel
13/07/25
Kamonyi-Karama: Icyo Gitifu w’umurenge avuga ku iyibwa rya Mudasobwa 67 mu kigo cy’Ishuri

Leta ya DR Congo yateye utwatsi ibyo kugirana amasezerano ya Gisirikare n’Uburusiya

Umwanditsi
March 8, 2024

Leta ya Repuburika ya Demokarasi ya Congo irahakana ibivugwa ko hari amasezerano yashyizeko umukono n’Uburusiya mu gufashanya mu bya gisikare. ”Gushyika uyu munsi, nta masezerano yo gufashanya mu bya Gisirikare yasinywe ubu vuba hagati y’Uburusiya na Repuburika ya Demokarasi ya Congo”.

Ibyo biri mu itangazo ryo kuri uyu wa kane, ryashyizwe hanze n’Ubuyobozi bwa Minisiteri ya Congo ishinzwe kumenyesha amakuru. Ni itangazo rije nyuma y’ibyanditswe ku wa kabiri n’ibiro ntaramakuru bya Leta y’Uburusiya, TASS, aho ryavuze ko Leta y’Uburusiya yemeye integuro y’amasezerano yo gufashanya mu bya gisirikare na Repuburika ya Demokarasinya Congo.

Ibi biro ntaramakuru,bisubiramo ibiri mu nyandiko ya Leta, TASS yavuze ko iyo nteguro y’amasezerano, ayo masezerano ategekanya gukorera hamwe imyimenyerezo ya gisirikare, inyigisho za gisirikare hamwe ”n’ingendo z’ubwato n’indege by’intambara ku butumire cyangwa bisabwe”.

Leta ya Congo nkuko BBC dukesha iyi nkuru ibivuga, ivuga ko iyo nteguro y’amasezerano ivugwa yatangijwe n’ibyo bihugu byombi mu mwaka w’ 1999, ariko ko gushyika ubu itarasinywa.

Itangazo rya Minisiteri ifite mu nshingano zo kumenyesha amakuru muri DR Congo, rivuga riti:” Muri iki gihe, nta biganiro bihari hagati y’ibihugu byombi ku ishyirwa mu bikorwa ry’ayo masezerano. Uko ibintu byifashe gushyika ubu, Congo nta n’ibyo irimo gutekereza”.

intyoza

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Kamonyi-Nyamiyaga: Umurezi mu kigo cy’Ishuri araye mu maboko atari aye kubera umwana w’umukobwa w’imyaka 14-15
Umwanditsi
October 17, 2024
Ibyiciro

Amakuru

5833 Posts

Politiki

4084 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

999 Posts

Imyidagaduro

80 Posts

Imikino

141 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga