• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
01/11/25
Kamonyi-GS Ruramba:“ Ishuri ryanjye, Urukwavu rwanjye”, Umushinga wo gukundisha abana Ishuri
01/11/25
Muhanga: Itsinda ry’abakekwaho ibikorwa by’Ubugizi bwa nabi batawe muri yombi
01/11/25
Kamonyi-Musambira/HC: Nyuma y’Amezi asaga 8 basa n’abakorera mu manegeka, mu Buhungiro bagarutse
01/11/25
Umunyamahirwe muri FORTEBET yatahanye asaga Miliyoni ku Ipari ebyiri zisa

Iminsi mikuru igaruriye Abanyatubari, Utubyiniro n’abakunda agasembuye amasaha 24/24

Umwanditsi
December 10, 2024

Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere mu Rwanda(RDB), rwasohoye itangazo ruvuga ko Leta y’u Rwanda yifuriza abantu bose kunogerwa n’ibihe by’iminsi mikuru isoza umwaka byatangiye. Yaboneyeho gutangaza ko rwagennye mu buryo bw’agateganyo amasaha yo gukora muri ibi bihe by’iminsi mikuru isoza Umwaka wa 2024, ikanatangira uwa 2025. Ni amasaha yatangiye kubahirizwa kuri uyu wa 10 Ukuboza 2024, akazageza ku wa 05 Mutarama 2025.

Aya mabwiriza, RDB ivuga ko areba; Ahakorerwa ubucuruzi bujyanye n’imyidagaduro, harimo; Resitora, Utubari ndetse n’Utubyiniro. Mu gihe cy’iminsi yo guhera ku wa mbere kugera ku wa Kane, bafunga saa munani z’Ijoro, mu gihe guhera ku wa Gatanu kugera ku cyumweru n’iminsi y’ikiruhuko ari ukurikesha, amasaha 24/24.

Uko aya mabwiriza abivuga;

Ku wa 30 Kanama 2023, nibwo Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere mu Rwanda(RDB) rwari rwasohoye amabwiriza yagaragazaga amasaha ntarengwa y’ahakorerwa ibikorwa by’Imyidagaduro, ahari Utubari ndetse na Resitora, aho aha havuzwe, amasaha yo gufunga ibikorwa yari saa saba z’ijoro kuva ku wa mbere kugera ku wa Kane, mu gihe ku wa Gatanu kugera ku cyumweru bemerewe gufunga saa Munani z’ijoro.

intyoza

Yasuwe inshuro: 0

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5902 Posts

Politiki

4153 Posts

Ubuhinzi

150 Posts

Ubukungu

1026 Posts

Imyidagaduro

85 Posts

Imikino

151 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga