• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
14/09/25
Polisi y’u Rwanda yamaze guta muri yombi abantu bose bagaragaye batemagura umuntu ku muhanda
14/09/25
Umwe muri 3 bagaragaye batemagura umuntu ku muhanda yatawe muri yombi
14/09/25
Kamonyi-Nyamiyaga: Ukekwaho gusambanya umwana wa 17 agahunga yatawe muri yombi
14/09/25
Gisagara: Umuyobozi w’Ikigo cy’Ishuri yatawe muri yombi azira ibiryo by’abana

Iminsi mikuru igaruriye Abanyatubari, Utubyiniro n’abakunda agasembuye amasaha 24/24

Umwanditsi
December 10, 2024

Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere mu Rwanda(RDB), rwasohoye itangazo ruvuga ko Leta y’u Rwanda yifuriza abantu bose kunogerwa n’ibihe by’iminsi mikuru isoza umwaka byatangiye. Yaboneyeho gutangaza ko rwagennye mu buryo bw’agateganyo amasaha yo gukora muri ibi bihe by’iminsi mikuru isoza Umwaka wa 2024, ikanatangira uwa 2025. Ni amasaha yatangiye kubahirizwa kuri uyu wa 10 Ukuboza 2024, akazageza ku wa 05 Mutarama 2025.

Aya mabwiriza, RDB ivuga ko areba; Ahakorerwa ubucuruzi bujyanye n’imyidagaduro, harimo; Resitora, Utubari ndetse n’Utubyiniro. Mu gihe cy’iminsi yo guhera ku wa mbere kugera ku wa Kane, bafunga saa munani z’Ijoro, mu gihe guhera ku wa Gatanu kugera ku cyumweru n’iminsi y’ikiruhuko ari ukurikesha, amasaha 24/24.

Uko aya mabwiriza abivuga;

Ku wa 30 Kanama 2023, nibwo Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere mu Rwanda(RDB) rwari rwasohoye amabwiriza yagaragazaga amasaha ntarengwa y’ahakorerwa ibikorwa by’Imyidagaduro, ahari Utubari ndetse na Resitora, aho aha havuzwe, amasaha yo gufunga ibikorwa yari saa saba z’ijoro kuva ku wa mbere kugera ku wa Kane, mu gihe ku wa Gatanu kugera ku cyumweru bemerewe gufunga saa Munani z’ijoro.

intyoza

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5863 Posts

Politiki

4114 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

1008 Posts

Imyidagaduro

83 Posts

Imikino

142 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga