• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
15/06/25
Kamonyi-Bishenyi: Imurikabikorwa n’Imurikagurisha rihaye umukoro ubuyobozi bw’Akarere
15/06/25
Burera: ECD Burera ADEPE for Enhancing Child Safety and Family Economy
15/06/25
Kamonyi-Kwibuka31: Ikipe y’Abakanyujijeho mu Mavubi(FAPA) yageze ku mukino wa nyuma itsinze Arsenal Forever
15/06/25
Kamonyi-Rugalika: Polisi yataye muri yombi abakekwaho ubujura bwo gutegera abantu mu nzira no gutobora inzu

Iminsi mikuru igaruriye Abanyatubari, Utubyiniro n’abakunda agasembuye amasaha 24/24

Umwanditsi
December 10, 2024

Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere mu Rwanda(RDB), rwasohoye itangazo ruvuga ko Leta y’u Rwanda yifuriza abantu bose kunogerwa n’ibihe by’iminsi mikuru isoza umwaka byatangiye. Yaboneyeho gutangaza ko rwagennye mu buryo bw’agateganyo amasaha yo gukora muri ibi bihe by’iminsi mikuru isoza Umwaka wa 2024, ikanatangira uwa 2025. Ni amasaha yatangiye kubahirizwa kuri uyu wa 10 Ukuboza 2024, akazageza ku wa 05 Mutarama 2025.

Aya mabwiriza, RDB ivuga ko areba; Ahakorerwa ubucuruzi bujyanye n’imyidagaduro, harimo; Resitora, Utubari ndetse n’Utubyiniro. Mu gihe cy’iminsi yo guhera ku wa mbere kugera ku wa Kane, bafunga saa munani z’Ijoro, mu gihe guhera ku wa Gatanu kugera ku cyumweru n’iminsi y’ikiruhuko ari ukurikesha, amasaha 24/24.

Uko aya mabwiriza abivuga;

Ku wa 30 Kanama 2023, nibwo Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere mu Rwanda(RDB) rwari rwasohoye amabwiriza yagaragazaga amasaha ntarengwa y’ahakorerwa ibikorwa by’Imyidagaduro, ahari Utubari ndetse na Resitora, aho aha havuzwe, amasaha yo gufunga ibikorwa yari saa saba z’ijoro kuva ku wa mbere kugera ku wa Kane, mu gihe ku wa Gatanu kugera ku cyumweru bemerewe gufunga saa Munani z’ijoro.

intyoza

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Kamonyi-Nyamiyaga: Umurezi mu kigo cy’Ishuri araye mu maboko atari aye kubera umwana w’umukobwa w’imyaka 14-15
Umwanditsi
October 17, 2024
Ibyiciro

Amakuru

5816 Posts

Politiki

4067 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

996 Posts

Imyidagaduro

79 Posts

Imikino

139 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga