• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
19/06/25
Umunyamakuru akwiye kwirinda kugaragara nk’umwanzi mu mpande 2 zihanganye-Me Ibambe
19/06/25
Umukongomani wishwe azira kwanga Ruswa yagizwe Umuhire
19/06/25
Kamonyi-Mugina: Pasitori yahakaniye Mwarimukazi umushinja ko imbwa ye yamuririye umwana
19/06/25
Kamonyi-Bishenyi: Imurikabikorwa n’Imurikagurisha rihaye umukoro ubuyobozi bw’Akarere

Perezida Nicolas Sarkozy wayoboye Ubufaransa ngo yatawe muri yombi na Polisi y’Ubufaransa

Umwanditsi
March 20, 2018

Polisi y’Ubufaransa yataye muri yombi Nicolas Sarkozy wahoze ayoboye Igihugu cy’Ubufaransa. Arasabwa gusobanura amafaranga bivugwa ko yakiriye mu mwaka wa 2007 mu gihe yiyamamarizaga kuyobora Ubufaransa. Aya mafaranga ngo yayahawe na Kaddafi wayoboraga Libiya. Ubu Sarkozy ngo afungishijwe ijisho.

Uwahoze ari Perezida w’Ubufaransa, Nicolas Sarkozy yahamagajwe na Polisi y’Ubufaransa. Arakorwaho iperereza ku mpamvu zo gukekwaho kwakira amafaranga mu buryo butemewe n’amategeko mu gihe yiyamamarizaga kuyobora Ubufaransa muri 2007.

Ibikurikiranywe kuri uyu wahoze ari umukuru w’Igihugu cy’ubufaransa, Sarkozy bishingiye ku mafaranga bivugwa ko yahawe na Perezida Muammar Kaddafi wahoze ari umukuru w’igihugu cya Libiya. Ibi birego Sarkozy ngo arabihakana.

Nkuko AFP dukesha iyi nkuru ibivuga, Sarkozy yafashwe na Polisi y’ubufaransa kuri uyu wa kabiri mugitondo tariki 20 Werurwe 2018. Ikibazo cya Sarkozy no kwakira inkunga ivugwa ko yatanzwe na Muammar Kaddafi cyatangiye kuvugwa cyane mu mwaka wa 2013 ndetse ubutabera bw’ubufaransa butangira kugikoraho iperereza ryimbitse.

intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Kamonyi-Nyamiyaga: Umurezi mu kigo cy’Ishuri araye mu maboko atari aye kubera umwana w’umukobwa w’imyaka 14-15
Umwanditsi
October 17, 2024
Ibyiciro

Amakuru

5819 Posts

Politiki

4070 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

996 Posts

Imyidagaduro

79 Posts

Imikino

139 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga