• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
30/10/25
Muhanga: Itsinda ry’abakekwaho ibikorwa by’Ubugizi bwa nabi batawe muri yombi
30/10/25
Kamonyi-Musambira/HC: Nyuma y’Amezi asaga 8 basa n’abakorera mu manegeka, mu Buhungiro bagarutse
30/10/25
Umunyamahirwe muri FORTEBET yatahanye asaga Miliyoni ku Ipari ebyiri zisa
30/10/25
Kamonyi-Rugalika: Ubufatanye bw’Ababyeyi n’Ubuyobozi bwa GS Ruramba, urugero rw’ibishoboka

Umutoza watozaga ikipe ya Rayon Sports yeguye

Umwanditsi
February 24, 2016

 

Ivan Jacky Minnaert, umubirigi watozaga ikipe ya Rayon Sports mu buryo butunguranye yasezeye ku mirimo ye yo gutoza muri Rayon.

Kuri uyu wa 24 Gashyantare 2016, ubwo ikipe ya Rayon Sports yari imaze gutsinda Kiyovu sport mu keba wayo ibitego 2-0, mu gihe byari byitezwe ko umutoza ashobora kugira ibyo atangaza ku ngamba afitiye ikipe, yatunguranye ahubwo avuga ko asezeye ku gutoza Rayon Sports.

Uyu mutoza Minnaert, nta gihe kinini yari amaze muri iyi kipe ya Rayon Sports kuko yari amaze mo amezi atarenga ane no kuyitoza imikino itatu ya shampiyona aho muri yo yatsinze ibiri undi umwe akawunganya.

Minnaert, nubwo atabashije kwerura neza ngo agaragaze ikibazo nyirizina kiri hagati ye n’ubuyobozi bwa Rayon sports, ku bakurikirana iby’iyi kipe ndetse nawe ubwe nubwo yabicaga kuruhande ntashake kwerura ngo byaba bishingiye ku kunanizwa na bamwe mu bayobozi b’ikipe ngo no kuba hari ibyo bamusezeranije atabonye kuva yaza.

Ivan  yatangarije itangazamakuru ko kandi impamvu zitumye yegura zirenze siporo, gusa akavuga ko ngo kubera agira amarangamutima abasha no kwisubiraho akagaruka muri ekipe ya Rayon Sports mu gihe haba hagize ibikosorwa.

Uyu mutoza nubwo ngo yafashe icyemezo cyo gusezera mu mpera z’icyumweru gishize, mugihe yatozaga uyu mukino wabonaga rwose nta kimenyetso kigaragaza ko ashobora gusezera kuko yari yitaye cyane ku bakinnyi be kandi ubona ari mu mukino yatozaga kugira ngo abone intsinzi.

 

Intyoza.com

 

Yasuwe inshuro: 0

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5901 Posts

Politiki

4152 Posts

Ubuhinzi

150 Posts

Ubukungu

1025 Posts

Imyidagaduro

85 Posts

Imikino

151 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga