• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
17/09/25
Kamonyi-Kayenzi: Barishyuye, Imyaka irasaga 5 batazi ikitambitse urugendo rujya ku Mulindi w’Intwari
17/09/25
Indege itagira umupirote( Drone) y’Igisirikare cy’u Rwanda yakomerekeje Abanyeshuri
17/09/25
Umwami w’ibikubo byo ku Bitego atahanye 1,175,360Rwf yashyizeho 10,000 mu isaha imwe gusa
17/09/25
Polisi y’u Rwanda yamaze guta muri yombi abantu bose bagaragaye batemagura umuntu ku muhanda

Imfungwa 7 zapfuye zizize kutabona indyo yuzuye I Matadi

Umwanditsi
January 23, 2019

Guhera muntangiriro z’uyu mwaka wa 2019, imfungwa 7 zimaze gupfa muri gereza nkuru y’I Matadi, mu gihugu cya Kongo Kinshasa zizira kutabona indryo yuzuye. Hejuru yo kutabona indyo yuzuye, indi mpamvu igeretseho ni ubucucike bw’abafungwa burenze umubare wateganijwe.

Muri Raporo yashyizwe ahagaragara n’itsinda ry’ishami ry’umuryango w’abibumbye rishinzwe uburenganzira bwa muntu (rapport du Bureau conjoint des Nations unies aux des droits de l’homme) muri Kongo yo hagati ( Congo central) kuri uyu wa kabiri tariki 22 Mutarama 2019, igaragaza ko imfungwa uko ari 7 zazize imirire mibi.

Muri izi mfungwa zapfuye, hari Raporo y’ imiryango itari iya Leta ( Societe Civil) y’I Matadi, yatangaje ko hari n’abazize ubucucike bukabuje no kubura abaganga babitaho muri iyi gereza nkuru.

Muri iyi gereza, nk’uko Radio Okapi dukesha iyi nkuru ibivuga, mu mwaka ushize imfungwa 30 nizo zasize ubuzima muri iyi gereza. Muri iyi gereza, imfungwa ziyifungiyemo ni 735 mu gihe yagenewe kwakira abatarenze 150.

Intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5866 Posts

Politiki

4117 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

1010 Posts

Imyidagaduro

83 Posts

Imikino

143 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga