• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
22/08/25
Kamonyi-Rugalika: Itsinda ry’abakekwaho ubugizi bwa nabi batawe muri yombi
22/08/25
Kamonyi-Nyarubaka: Umusore wari Papa akaba na Mama w’Abavandimwe be yishwe atewe icyuma
22/08/25
Ireme ry’Uburezi si ikintu tubyuka mu gitondo ngo tuvuge ngo twarigezeho, ni urugendo-Dr. Flora Mutezigaju/REB
22/08/25
Kamonyi-GIMI Ltd: Bishimiye ibyo bagezeho bagaragaza uruhare bafite mu iterambere ry’Umuturage

Kamonyi: Umucuruzi wabwiye uwarokotse Jenoside ngo “n’inyange zirapfa…”,yarabuze

Umwanditsi
April 11, 2019

Muri iki gihe cyo kwibuka ku nshuro ya 25 Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994, umwe mu baturage b’umurenge wa Rukoma unakora ibikorwa by’ubucuruzi nyuma yo kubwira amagambo afatwa nk’ingengabitekerezo ya Jenoside, yarahunze.

Jean de Dieu Nkurunziza, Umuyobozi w’Umurenge wa Rukoma yatangarije intyoza.com ko nyuma y’iyi mvugo umwe mu batuye uyu murenge unahakorera ubucuruzi, ngo baramushatse baramubura ndetse na Telefone ye ngendanwa ayikuraho.

Ati” Twaramushatse turamubura, ntabwo tuzi aho aherereye kuko na terefone ye ngendanwa yayikuyeho”.

Bwaba ubuyobozi bw’Umurenge, yaba Polisi na RIB bakorera  muri uyu murenge ntabwo baraca iryera uyu mugabo ukekwaho ingengabitekerezo ya  Jenoside.

Nkurunziza, akomeza avuga kandi ko nubwo babimenye nk’ubuyobozi ngo uwabwiwe aya magambo ntabwo yahise aza ku bibwira ubuyobozi cyangwa se ngo atange ikirego.

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5847 Posts

Politiki

4098 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

1005 Posts

Imyidagaduro

80 Posts

Imikino

141 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga