• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
20/08/25
Kamonyi-Rugalika: Itsinda ry’abakekwaho ubugizi bwa nabi batawe muri yombi
20/08/25
Kamonyi-Nyarubaka: Umusore wari Papa akaba na Mama w’Abavandimwe be yishwe atewe icyuma
20/08/25
Ireme ry’Uburezi si ikintu tubyuka mu gitondo ngo tuvuge ngo twarigezeho, ni urugendo-Dr. Flora Mutezigaju/REB
20/08/25
Kamonyi-GIMI Ltd: Bishimiye ibyo bagezeho bagaragaza uruhare bafite mu iterambere ry’Umuturage

Itangazo: Ntucikwe n’irushanwa rya NEMI aho buri cyumweru utsindira ibihumbi ijana kubera Bibiliya

Umwanditsi
June 22, 2019

Abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise NIBINTIJE EVANGELICAL MINISTRIES INTERNATIONAL ifite icyicaro muri Leta zunze ubumwe za Amerika-USA, NIBINTIJE Eustache yateguye inyigisho zifite urufatiro kuri Bibiliya. Muri izi nyigisho hari ibibazo ushobora gusubiza bikaguhesha amafaranga angana n’ibihumbi ijana(100,000Frws) ya buri cyumweru-week end. Ntucikwe n’aya mahirwe y’imboneka rimwe.

Dore ibisabwa kugira ngo ubashe kwemererwa muri iyo gahunda yo gutsindira ibihumbi ijana( 100,000frw):

Ibisabwa:

•Kuba muri umuryango wa bugufi ( ababyeyi bawe, abana bawe, abo muvukana, ababishywa bawe. Nawe urabyumva ni umuryango wabugufi. Ntabwo ari inshuti zawe). Batari hasi ya 4, ariko hari impamvu yumvikana ituma abo bantu 4 baboneka nta kibazo.

• Kuba muri ayo mafaranga agomba gutanga umusanzu uzafasha abandi ungana na 1/10(icyacumi.)

•Kubanza gukora registration(kwiyandikisha) k’uwo muryango wabo, ingana n’ amadorari $15

•Kuba umaze gutsindira ayo mafaranga inshuro 3 kuyindi nshuro ya 4 mushobora kurushanwa amafaranga akagenerwa amafamily(imiryango)runaka afite ibibazo bijyanye na mituweli mu tugari twacu .

• Kuba uri mu cyiro cyanyuma muri mituweli bikaba ari akarusho.

P.s  Iyi minisitere yafunguwe byemewe n’ amategeko hano muri Amerika ariko ikaba yarashinzwe bitewe n’icyo Imana yavuganye nanjye mu myaka 20 ishize impaye kuyimenya no kuyikorera kubijyanye n’umurimo yampaye kandi ntabwo yambwiye ko ngomba kuwukorera ahandi atari mu gihugu cyanjye.

Bityo nindangiza kwiga nzaza kuwandikisha mu gihugu cyanjye.

Uyu muryango ntabwo ari idini cyangwa itorero kandi ntabwo uzaba idini cyangwa Itorero. Gusa uzajya ukorana n ‘ amatorero abishaka:

•Gutanga seminar y’ ibyiciro bitandukanye

•Training ku bayobozi b’ amatorero, amatsinda atandukanye aba mu Itorero

• Abanyamasengesho

• Abashakanye

• Urubyiruko

• Nizindi nyigisho zimbitse cyane kuri topic(ingingo) iyo ariyo yose bifuje

• Gufasha abantu (Counseling) no kubafasha mu masengesho yabo.

Murakoze..!

Rev./Ev. Eustache Nibintije

Nshuti dusangiye Yesu Christo nk’Umwami n’umucunguzi wacu, ubu butumwa ushobora kubusangiza abavandimwe n’inshuti zawe bityo aya mahirwe nabo bakayagira ayabo.

Ubu butumwa si umwihariko wa intyoza.com! ni inyigisho zikomoka mu ijambo ry’Imana utegurirwa ukanagezwaho na Rev./Ev. Eustache Nibintije, umunyeshuri wa Patriots Bible University yo muri Leta zunze ubumwe za America, abinyujije muri NIBINTIJE EVANGELICAL MINISTRIES INTERNATIONAL

Tel/Whatsapp: +14123265034(WhatApp) 

Email: eustachenib@yahoo.

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5847 Posts

Politiki

4098 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

1005 Posts

Imyidagaduro

80 Posts

Imikino

141 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga