• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
20/08/25
Kamonyi-Rugalika: Itsinda ry’abakekwaho ubugizi bwa nabi batawe muri yombi
20/08/25
Kamonyi-Nyarubaka: Umusore wari Papa akaba na Mama w’Abavandimwe be yishwe atewe icyuma
20/08/25
Ireme ry’Uburezi si ikintu tubyuka mu gitondo ngo tuvuge ngo twarigezeho, ni urugendo-Dr. Flora Mutezigaju/REB
20/08/25
Kamonyi-GIMI Ltd: Bishimiye ibyo bagezeho bagaragaza uruhare bafite mu iterambere ry’Umuturage

NASHO: Perezida Kagame mu ndamukanyo idasanzwe kubwo kwirinda Corona Virus-COVID-19

Umwanditsi
March 11, 2020

Mu ifoto, irimo kunyuzwa ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye, igagaragaza Perezida Paul Kagame asuhuzanya mu ndamukanyo idasanzwe yo kwirinda indwara ya Corona Virus. Ni kuri uyu wa Gatatu tariki 11 Werurwe 2020 mu masaha ya mbere ya saa sita, mu Karere ka Kirehe, Umurenge wa Nasho.

Nkuko bigaragara ku rubuga rwa Twitter rw’ibiro by’Umukuru w’Igihigu cy’u Rwanda( Urugwiro), Perezida Kagame yagiye mu karere ka Kirehe i Nasho ari kumwe n’umushoramari witwa Howard G. Buffet, aho bagiye gutaha ku mugaragaro umushinga wo kuhira imyaka hakoreshejwe uburyo bw’Ikoranabuhanga, hifashishijwe imashini n’ingufu zituruka ku zuba zivana amazi mu kiyaga( Nasho Solar-Powered irrigation project).

Perezida Kagame mu ndamukanyo idasanzwe.
Umurima urimo kuvomererwa.

Iyi ndamukanyo idasanzwe ya Perezida Kagame, aho bigaragara ko atatanze ikiganza ahubwo hakoreshejwe inkokora, ni bumwe mu buryo bwo gukumira no kwirinda indwara ya Corona Virus-Covid-19. Iyi ndamukanyo kandi kimwe n’indi yo gukozanyaho ibirenge, biravugwa na benshi ko ari zo zagakwiye mu kwirinda iyi ndwara aho guhoberana no guhana ibiganza.

Photo/ urugwiro, internet.

Dore ubutumwa buherutse gutangwa n’ibiro bya Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda ku ndwara ya Corona Virus:

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5847 Posts

Politiki

4098 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

1005 Posts

Imyidagaduro

80 Posts

Imikino

141 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga