• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
01/09/25
Kamonyi: Gahunda y’Intore mu biruhuko yarinze abana Ubuzererezi, Ihohoterwa…-Visi Meya Uwiringira
01/09/25
Kamonyi: Perezida Kagame ntabwo yahaye Umugore ijambo gusa yanarihaye Abagabo kuko ntaryo twagiraga-Visi Meya Uzziel
01/09/25
Amajyepfo: Polisi yataye muri yombi abantu 1,615 bakekwaho gukora ibyaha bitandukanye
01/09/25
Kamonyi-Nyamiyaga: Witegereza ko umuntu akora icyaha, kumira ko kiba utanga amakuru-SP Marie Goretti Uwanyirigira

CoronaVirus yazamuye tsunami y’urwango no kuzira abanyamahanga – Antonio Guterres/UN

Umwanditsi
May 8, 2020

Umunyamabanga mukuru w’Umuryango w’Abibumbye/UN, Antonio Guterrres mu gitondo cyo kuri uyu wa 08 Gicurasi 2020 yasabye buri wese guhaguruka akamagana urwango. Yatanze ubutumwa buvuga ko iki cyorezo cya CoronaVirus cyazamuye tsunami y’urwango no kuzira abanyamahanga.

Antonio Guterres, mu gutanga ubu butumwa, nta gihugu yatunze urutoki. Gusa yasabye “abantu bose gushyira hamwe” bagahagarika amagambo y’urwango ku isi” muri iki gihe.

Ibikorwa birimo urugomo n’amagambo y’urwango kubera iki cyorezo byibasiye abanyamahanga, abatwara imodoka z’ubwikorezi, abaganga, impunzi n’abandi, byabonetse no mu karere k’ibiyaga bigari.

Guterres, yasabye ibigo bitanga ubumenyi kwibanda ku gutanga ubumenyi ku ikoranabuhanga “muri iki gihe miliyari z’urubyiruko ziri kuri murandasi aho abahezanguni bashaka kurusanga bakaruyobya”.

Nkuko BBC dukesha iyi nkuru ikomeza ibivuga, Guterres yasabye itangazamakuru na ba nyiri imbuga nkoranyambaga gusiba amagambo “y’irondaruhu, ayibasira abagore n’ayandi yose y’urwango”.

Yagize ati: “Ndasaba buri wese, buri hamwe, guhaguruka akamagana urwango agaha icyubahiro buri wese”.

Umunyamabanga mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, avuga ko muri iki gihe abantu bari kurwana n’icyorezo bicyenewe cyane ko “abantu barengerwa, barindwa kunenwa bakanarindwa urugomo”.

intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5853 Posts

Politiki

4104 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

1007 Posts

Imyidagaduro

82 Posts

Imikino

141 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga