• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
09/05/25
Kamonyi-Runda: Polisi yataye muri yombi abasore 2 yafatanye ibiyobyabwenge
09/05/25
Kamonyi-Rukoma: Ntabwo tuzihanganira abantu b’Ingarisi batagira icyo bakora baza kwiba abaturage-DPC Furaha
09/05/25
Kamonyi-Musambira/Kwibuka31: Twahisemo kuba umwe, kureba kure ndetse no gufatanya-Visi Meya Uzziel Niyongira
09/05/25
Kamonyi: Abikorera/PSF bibutse bagenzi babo bishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi banaremera Intwaza

Ruhango: Abakozi batatu bakurikiranweho gushaka kwibisha amasuka ya VUP

Umwanditsi
May 17, 2020

Abakozi babiri b’akarere ka Ruhango basanzwe bakorera mu murenge wa Ruhango n’undi utuye mu murenge wa Ruhango(umuzamu) batawe muri yombi n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB kuwa 15 Gicurasi 2020. Bakurikiranweho gushaka kwibisha amasuka 100 ya VUP

Aba bakozi barimo, ushinzwe kwakira abakiriya(Customer care) ari nawe warufite imfunguzo z’ububiko, ushinzwe isuku ku murenge n’umuzamu ucunga umutekano w’inzu ayo masuka yaragiye kubikwamo.

Ubuyobozi bw’akarere ka Ruhango buvuga ko aba bakozi batawe muri yombi na RIB bakurikiranweho gushaka kwibisha amasuka ya VUP nk’uko Bwana Habarurema Valens, Umuyobozi w’akarere yabitangarije umunyamakuru.

Ati” Hari amasuka abantu bagerageje kwiba yo mu murenge wa Ruhango, yahise agaruzwa akiri hafi, yose ni 100 ari nayo yagarujwe. Kugeza ubu, iperereza riracyakorwa ngo harebwe icyari kigamijwe”.

Meya Habarurema, akomeza avuga ko hari kurebwa ngo ayo masuka yaravuye ku murenge ajya muyindi nzu kubera iki? Akanakomeza yibutsa abantu ko ibikoresho bya VUP biba bigomba gukoreshwa mu guteza imbere abaturage cyane mu bikorwa remezo nk’imihanda bityo ko bikwiye gucungwa neza nta mukozi n’umwe ukwiye kubirangarana cyangwa se kubikoresha uko ashaka.

Mu minsi yashize hari uturere two mu ntara y’Amajyepfo nka Ruhango na Nyanza aho ubuyobozi buherutse guha abaturage bakora muri VUP amasuka, Bote, Ingorofani n’ijire byose bifashisha mu kazi.

intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Kamonyi-Nyamiyaga: Umurezi mu kigo cy’Ishuri araye mu maboko atari aye kubera umwana w’umukobwa w’imyaka 14-15
Umwanditsi
October 17, 2024
Ibyiciro

Amakuru

5795 Posts

Politiki

4046 Posts

Ubuhinzi

145 Posts

Ubukungu

992 Posts

Imyidagaduro

79 Posts

Imikino

138 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga