• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
28/08/25
Amajyepfo: Polisi yataye muri yombi abantu 1,615 bakekwaho gukora ibyaha bitandukanye
28/08/25
Kamonyi-Nyamiyaga: Witegereza ko umuntu akora icyaha, kumira ko kiba utanga amakuru-SP Marie Goretti Uwanyirigira
28/08/25
Kamonyi: Barashimira Perezida Kagame wabasubije Ubuzima akabaha izina rishya”INTWAZA”
28/08/25
Kamonyi-Gacurabwenge: Kwesa Imihigo 98 n’indi yihariye byabaheshe guhiga indi mirenge y’Akarere

Hitezwe igihombo cya Miliyari n’Amamiliyoni y’Amadolari yavaga mu bukerarugendo-Perezida Museveni

Umwanditsi
June 3, 2020

Yoweri Kaguta Museveni, Perezida w’Igihugu cya Uganda, kuri uyu wa 01 Kamena 2020 yatangaje ko igihugu ayoboye kizahomba Miliyari imwe na Miliyoni magana atandatu y’amadolari ya Amerika babonekaga avuye mu bukerarugendo. Ibi ngo ni ingaruka z’icyorezo cya Coronavirus. Ubukerarugendo ni hamwe mu hantu hinjiriza iki gihugu akayabo k’Amadolari.

Ba mukerarugendo, baza mu Gihugu cya Uganda kureba inyamaswa z’ubwoko butandukanye harimo nk’Intare, giraffe, imbogo hamwe n’izindi nyamaswa zitandukanye.

Hari kandi ba Mukerarugendo bandi baza kureba inguge nini zitwa, “Gorilles”mu rurimi rw’igifransa cyangwa se Ingagi(mu Kinyarwanda) mw’ishamba/Pariki riri mu majyepfo ashyira uburengerazuba bw’iki gihugu. Ni ku rubibe na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’u Rwanda.

Igihugu cya Uganda, nkuko ijwi rya Amerika ribitangaza, cyabonye Miliyari 2 y’Amadolari ya Amerika kiyakuye mu bukerarugendo mu mwaka w’i 2017. Iki gihugu kandi cyari kinjije Miliyari imwe na Miliyoni magana arindwi mu mwaka w’imbere yaho.

Ikigega mpuzamakungu FMI cyatangaje mu kwezi gushize kwa Gicurasi 2020 ko byari byitezwe ko amafaranga Uganda ikura mu bukerarugendo agabanuka ibice 54 kw’ijana hagati y’umwaka w’i 2019 n’umwaka w’i 2020.

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5851 Posts

Politiki

4102 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

1007 Posts

Imyidagaduro

81 Posts

Imikino

141 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga