• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
01/09/25
Kamonyi: Gahunda y’Intore mu biruhuko yarinze abana Ubuzererezi, Ihohoterwa…-Visi Meya Uwiringira
01/09/25
Kamonyi: Perezida Kagame ntabwo yahaye Umugore ijambo gusa yanarihaye Abagabo kuko ntaryo twagiraga-Visi Meya Uzziel
01/09/25
Amajyepfo: Polisi yataye muri yombi abantu 1,615 bakekwaho gukora ibyaha bitandukanye
01/09/25
Kamonyi-Nyamiyaga: Witegereza ko umuntu akora icyaha, kumira ko kiba utanga amakuru-SP Marie Goretti Uwanyirigira

Kenya: Umusaza w’imyaka 70 yicishijwe inkoni azira igisheke

Umwanditsi
June 12, 2020

Edward Khalakai, umusaza w’imyaka 70 y’amavuko wo mu gihugu cya Kenya, yakubiswe inkoni n’abagabo babiri b’abarinzi b’ibisheke ( guards) kugeza ashizemo umwuka, bamuziza kwiba igisheke mu murima w’abandi. Ibi byabaye ku mugoroba wo kucyumweru tariki 07 Kamena 2020.

Abaturage bo mu gace ka Buyanji uyumusaza yakubitiwemo kugeza yishwe, bavuga ko mu busanzwe yari umuntu ukunda kwahira ubwatsi akabugurisha n’aborozi b’amatungo bo muri aka gace. Kubw’abo baturage, ngo uyu musaza yazize gufatirwa mu murima w’abandi yiba ibisheke.

Eric Barasa, umwe mu baturage bo muri aka gace kiciwemo uyu musaza avuga ko yumvise urusaku ruturuka mu murima, agenda agiye kureba ibirimo kuba aribwi yasanze ari abagabo babiri barimo gukubita uyu musaza Khalakai.

Barasa, mu gihe yashakaga gutabara uyu musaza wari urembejwe n’inkoni, nkuko sde.co.ke dukesha iyi nkuru ibitangaza, yahatiwe n’aba bagabo bamusaba kugenda, ko nahirahira yongera gutera intambwe agana aho bari nawe bamwica.

Sugarcane [Photo: Shutterstock].
Polisi yasabwe gukurikirana aba bagabo uko ari babiri, bagafatwa bagakanirwa urubakwiye, bakaryozwa ubugome n’urupfu rw’uyu musaza Khalakai.

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5853 Posts

Politiki

4104 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

1007 Posts

Imyidagaduro

82 Posts

Imikino

141 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga