• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
01/09/25
Kamonyi: Gahunda y’Intore mu biruhuko yarinze abana Ubuzererezi, Ihohoterwa…-Visi Meya Uwiringira
01/09/25
Kamonyi: Perezida Kagame ntabwo yahaye Umugore ijambo gusa yanarihaye Abagabo kuko ntaryo twagiraga-Visi Meya Uzziel
01/09/25
Amajyepfo: Polisi yataye muri yombi abantu 1,615 bakekwaho gukora ibyaha bitandukanye
01/09/25
Kamonyi-Nyamiyaga: Witegereza ko umuntu akora icyaha, kumira ko kiba utanga amakuru-SP Marie Goretti Uwanyirigira

Igihugu cya Kenya cyururukije ibendera ryacyo mu kwifatanya n’Abarundi mu rupfu rwa Nkurunziza

Umwanditsi
June 12, 2020

Perezida wa Kenya, Uhuru Kenyatta, kuri uyu wa 12 Kamena 2020 yategetse ko amabendera yururutswa kugera hagati mu rwego rwo kwifatanya n’Uburundi mu kababaro k’urupfu rwa Perezida Pierre Nkurunziza. Ibi bizakomeza kugera ku ishyingurwa rya Petero Nkurunziza kandi birakorwa ahari ibendera ry’iki gihugu hose ku Isi.

Mu itangazo rye, Perezida Kenyata yabwiye abaturage b’Umuryango w’Afrika y’Uburasirazuba, avuga ko amabendera ya Kenya n’amabendera ya EAC agomba kugezwa hagati kuva mu gitondo kugera nimugoroba, ku nyubakwa za Leta zose, mu gihugu imbere, n’iz’ambasade za Kenya zose ku isi, kuri uyu wa gatandatu, taliki ya 13 Kamena 2020.

Asobanura ko ari “ukuzirikana ubuzima bwa nyakwigendera nyakubahwa Perezida Pierre Nkurunziza no kugaragaza icyubahiro gihambaye n’ukundo yari afitiwe n’abaturage b’Afurika y’Uburasirazuba, Afrika, n’isi yose, no kumushimira ibikorwa bye bikomeye byo guteze imbere EAC”.

Perezida Kenyatta, nkuko ijwi rya Amerika ribitangaza, akomeza avuga kandi ko kururutsa amabendera kugera hagati ari ikimenyetso cyo “kwifatanya na bakuru bacu, barumuna bacu, na bashiki bacu bo muri Repubulika y’Uburundi.”

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5853 Posts

Politiki

4104 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

1007 Posts

Imyidagaduro

82 Posts

Imikino

141 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga