• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
28/08/25
Amajyepfo: Polisi yataye muri yombi abantu 1,615 bakekwaho gukora ibyaha bitandukanye
28/08/25
Kamonyi-Nyamiyaga: Witegereza ko umuntu akora icyaha, kumira ko kiba utanga amakuru-SP Marie Goretti Uwanyirigira
28/08/25
Kamonyi: Barashimira Perezida Kagame wabasubije Ubuzima akabaha izina rishya”INTWAZA”
28/08/25
Kamonyi-Gacurabwenge: Kwesa Imihigo 98 n’indi yihariye byabaheshe guhiga indi mirenge y’Akarere

Ubukerarugendo mu Rwanda buremewe ariko bisaba kuba ntakibazo ufitanye na Covid-19

Umwanditsi
June 18, 2020

Ikigo gifite ubukerarugendo mu nshingao zacyo-RDB, nyuma y’uko ibyemezo by’inama y’Abaminisitiri yo kuri uyu wa 16 Kamena 2020 yanzuriye ko ubukerarugendo busubukurwa, cyatangaje bimwe mu bisabwa abashaka gusura pariki y’Ibirunga n’iya Nyungwe birimo no kuba usura yarapimwe Covid-19. Hanashyizweho ahapimirwa abantu, I Remera.

Mu mabwiriza yashyizweho n’ikigo cy’Igihugu cy’Iterambere-RDB, gisaba ko ushaka gusura Pariki ya Nyungwe ndetse n’Ibirunga asabwa kuba mu munsi ibiri mbere y’uko ajya hamwe muri aha aba yarapimwe Covid-19 bikagaragara ko ntayo arwaye.

Abantu bifuza gukora ubukerarugendo kandi bafashe gahunda (rendez-Vous) bashyiriweho ikigo gipima Covid-19 I Remera kuri Sitade Amahoro. Bamukerarugendo binjira mu Rwanda baje n’indege bikodeshereje basabwa kuba barapimwe iki cyorezo mu masaha 72 ashize kandi mbere yo kwinjira muri imwe muri parike basura bakabanza kongera gupimwa.

Urwego rw’Ubukerarugendo mu Rwanda, rurayoboye mu bigo n’ibindi bikorwa byinjiriza Leta amadovize, by’umwihariko 10% by’amafaranga yinjiye abuvuyemo afasha mu bikorwa bitandukanye bifitiye akamaro abaturiye Pariki.

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5851 Posts

Politiki

4102 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

1007 Posts

Imyidagaduro

81 Posts

Imikino

141 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga