• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
25/08/25
Kamonyi: Barashimira Perezida Kagame wabasubije Ubuzima akabaha izina rishya”INTWAZA”
25/08/25
Kamonyi-Gacurabwenge: Kwesa Imihigo 98 n’indi yihariye byabaheshe guhiga indi mirenge y’Akarere
25/08/25
Kamonyi-Rugalika: Itsinda ry’abakekwaho ubugizi bwa nabi batawe muri yombi
25/08/25
Kamonyi-Nyarubaka: Umusore wari Papa akaba na Mama w’Abavandimwe be yishwe atewe icyuma

Nta kitwa inzoga mu nzu z’uburiro- Restaurant muri Kenya

Umwanditsi
July 29, 2020

Perezida Uhuru Kenyatta yatangaje kuri uyu wa 27 Nyakanga 2020 ko nta nzoga zemewe gucururizwa mu nzu z’uburiro-Restaurant. Ni ingingo ifashwe mu rwego rwo kurushaho gukumira ikwirakwizwa ry’icyorezo cya Coronavirus. Abanyakenya bashinjwe kuba bataritwaye neza bagatuma iki cyorezo kirushaho kwiyongera mu kwezi gushize.

Uretse guhagarika icuruzwa ry’inzoga mu nzu z’uburiro, Perezida Kenyatta yanongereye igihe cyo gutembera mu ijoro, mu rwego rwo guhangana n’ukwiyongera kw’abandura icyorezo cya Coronavirus.

Perezida Kenyatta, yategetse ko nta muntu ugomba kongera kuva mu rugo kuva I saa tatu z’ijoro gushyika saa kumi za mugitondo, kandi ibi bikazamara iminsi 30 byubahirizwa.

Nkuko ijwi rya amerika ribitangaza, Kenya kimwe n’ibindi bihugu byo muri Afurika y’uburasirazuba, yafashe ingamba zikomeye zo kurwanya iki cyorezo, zirimo gufunga imbibe/imipaka mu kwezi kwa gatatu k’uyu mwaka wa 2020, no gufunga amashuri ndetse abanyagihugu babuzwa gutembera mu ijoro.

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5849 Posts

Politiki

4100 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

1006 Posts

Imyidagaduro

81 Posts

Imikino

141 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga