• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
09/05/25
Kamonyi-Runda: Polisi yataye muri yombi abasore 2 yafatanye ibiyobyabwenge
09/05/25
Kamonyi-Rukoma: Ntabwo tuzihanganira abantu b’Ingarisi batagira icyo bakora baza kwiba abaturage-DPC Furaha
09/05/25
Kamonyi-Musambira/Kwibuka31: Twahisemo kuba umwe, kureba kure ndetse no gufatanya-Visi Meya Uzziel Niyongira
09/05/25
Kamonyi: Abikorera/PSF bibutse bagenzi babo bishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi banaremera Intwaza

FERWAFA yemeje imikoreshereze y’inkunga ya “FIFA WOMEN FOOTBALL GRANT”

Umwanditsi
September 21, 2020

Inama ya Komite Nyobozi ya FERWAFA yateranye ku italiki 4 Nzeri 2020 yafashe umwanzuro ku ikoreshwa ry’inkunga igenewe umupira w’abagore itangwa n’ishyirahamwe mpuzamahanga ry’umupira w’amaguru ku isi (FIFA). Imyanzuro yafashwe, yatangajwe kuri uyu wa 21 Nzeri 2020.

Iyi nkunga ya ’’FIFA WOMEN FOOTBALL GRANT’’ igenewe amakipe yo mu kiciro cya mbere n’icya kabiri mu bagore, izakoreshwa mu bikorwa bikurikira:

• Ingengo y’imari izakoreshwa ku ikipe y’Igihugu nkuru y’Abagore: Rwf 50,000,000
• Ingengo y’imari izakoreshwa ku ikipe z’Igihugu z’abakobwa z’abato: Rwf 50,000,000
• Gutera inkunga amakipe y’abagore yo mu kiciro cya 1 n’icya 2: Rwf 151,000,000
• Ingengo y’imari izakoreshwa mu marushanwa y’abana b’abakobwa (Girls competitions): Rwf 38,090,000
• Ingengo y’imari izakoreshwa mu bijyanye n’amahugurwa y’abatoza b’abagore: Rwf 23,950,000
• Ingengo y’imari izakoreshwa mu gukomeza guteza imbere abasifuzi b’abagore: Rwf 9,000,000
• Ingengo y’imari izakoreshwa mu gutegura gahunda yo kugera ku iterambere rirambye ry’umupira w’abagore mu Rwanda: Rwf 10,000,000
• Ingengo y’imari izakoreshwa mu gutanga inkunga y’ibikoresho by’umupira w’amaguru ku makipe y’abagore n’ay’abana b’abakobwa (imipira yo gukina,): Rwf 50,915,000
• Ingengo y’imari izakoreshwa mu gutangiza amashuri ane (4) y’ikitegererezo y’abana b’abakobwa : Rwf 84,000,000

Andi makuru arambuye ajyanye n’uburyo aya mafaranga azakoreshwa n’uburyo azatangirwa raporo bizatangazwa mu gihe kiri imbere.

Iyi ngengo y’imari yose ikaba ari amafaranga y’u Rwanda 466,955,000 angana n’ibihumbi magana atanu by’amadolari ya Amerika (500,000 USD).
Source:Ferwafa

Inkuru yanditswe na Venuste Habineza

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Kamonyi-Nyamiyaga: Umurezi mu kigo cy’Ishuri araye mu maboko atari aye kubera umwana w’umukobwa w’imyaka 14-15
Umwanditsi
October 17, 2024
Ibyiciro

Amakuru

5795 Posts

Politiki

4046 Posts

Ubuhinzi

145 Posts

Ubukungu

992 Posts

Imyidagaduro

79 Posts

Imikino

138 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga