• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
01/09/25
Kamonyi: Gahunda y’Intore mu biruhuko yarinze abana Ubuzererezi, Ihohoterwa…-Visi Meya Uwiringira
01/09/25
Kamonyi: Perezida Kagame ntabwo yahaye Umugore ijambo gusa yanarihaye Abagabo kuko ntaryo twagiraga-Visi Meya Uzziel
01/09/25
Amajyepfo: Polisi yataye muri yombi abantu 1,615 bakekwaho gukora ibyaha bitandukanye
01/09/25
Kamonyi-Nyamiyaga: Witegereza ko umuntu akora icyaha, kumira ko kiba utanga amakuru-SP Marie Goretti Uwanyirigira

Umuhanzi mu njyana ya Reggae Johnny Nash yitabye Imana ku myaka 80

Umwanditsi
October 7, 2020

Johnny Nash, waririmbye mu myaka ya za 70 agatanga ibyishimo ubwo yaririmbaga imwe mu ndirimbo ze yakunzwe cyane yise”Ndabona neza ubu”, yapfuye afite imyaka 80.

Umuhungu w’uyu muririmbyi aganira na TMZ yatangaje ko Johnny yari mu rugo kuwa kabiri ubwo yapfaga. Apfuye azize urupfu rusanzwe, kugeza ubu nta jambo na rimwe risobanura icyateye uru urupfu riratangazwa.

Johnny yavukiye i Houston, atangira bwa mbere nk’umuhanzi ukomeye wa label mu 1957, aho yatangiye aririmba mu njyana ya Blues, ariko injyana ya reggae niyo yaje kwiyegurira ku mwanya ya mbere mu Gushyingo 1972.

Nash yagurishije kopi zirenga miriyoni imwe z’indirimbo, maze bimugira umustar mpuzamahanga, cyane cyane muri Jamaica aho yabaye umwe mu baririmbyi ba mbere batari aba nya Jamaica banditse amateka akomeye mu njyana ya reggae muri icyo gihugu.

Ubwo yajyaga mu mateka y’umuziki ni igihe yasohoraga indirimbo maze ayita “Ndashobora kubona neza ubu” iyi ni indirimbo yagiye isubirwamo n’abahanzi benshi ku isi bitewe n’amagambo ayigize aho uheruka ari Jimmy Cliff mu 1993.

Umuhungu we, John Nash III, yagize ati: “Yari umubyeyi mwiza w’umuryango. Yakundaga abantu n’isi. Azakumburwa mu muryango we. Umuryango wari ibintu bye byose”.
Source:TMZ

Inkuru yanditswe na Venuste Habineza

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5853 Posts

Politiki

4104 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

1007 Posts

Imyidagaduro

82 Posts

Imikino

141 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga