• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
01/09/25
Kamonyi: Gahunda y’Intore mu biruhuko yarinze abana Ubuzererezi, Ihohoterwa…-Visi Meya Uwiringira
01/09/25
Kamonyi: Perezida Kagame ntabwo yahaye Umugore ijambo gusa yanarihaye Abagabo kuko ntaryo twagiraga-Visi Meya Uzziel
01/09/25
Amajyepfo: Polisi yataye muri yombi abantu 1,615 bakekwaho gukora ibyaha bitandukanye
01/09/25
Kamonyi-Nyamiyaga: Witegereza ko umuntu akora icyaha, kumira ko kiba utanga amakuru-SP Marie Goretti Uwanyirigira

Roch Kaboré, Perezida wa Burkinafaso yiteguye kwakira Blaise Compaoré uri mu buhungiro

Umwanditsi
October 16, 2020

Ku nshuro ya mbere kuva yatorwa mu 2015, Perezida wa Burkinafaso, aganira na RFI na France24 i Ouagadougou, kucyo atekereza ku kugaruka mu gihugu k’uwahoze ari umukuru w’igihugu Blaise Compaoré uri mu buhungiro muri Côte d’Ivoire kuva 2014, yatangaje ko niyongera gutorwa kuwa 22 Ugushyingo 2020, Roch Marc Christian Kaboré azashyiraho inzira y’ubwiyunge Compaore akagaruka mu gihugu mu gihembwe cya mbere cya 2021.

Muri iki kiganiro na RFI ku ya 15 Ukwakira 2020, Perezida Kaboré yatangaje ko, aramutse yongeye gutorwa ku ya 22 Ugushyingo, “mu gihembwe cya mbere cya 2021, abantu bose bazaturiza mu gihugu ” kandi ko ” abafite imanza n’ubutabera bazitaba urukiko kugira ngo bakemure ibibazo byabo”.

Abajijwe impamvu atasubije ibaruwa Blaise Compaoré yamwandikiye mu mezi 18 ashize”, Kabore yasubije ko nanze ibiganza bye ariko turi gushaka uburyo bw’ubumwe n’ubwiyunge ariko si irushanwa ngo birihutirwa cyane.

Perezida Roch asobanura ibi yagize ati:” Niba ntowe, igihembwe cya mbere cya 2021 gikwiye kutwemerera kuba dukemura ibyo bibazo byose. Tuzahuriza hamwe ibice byose bigize societe kugirango tuganire ku bwiyunge kandi hafatwe icyemezo ku bishoboka kugira ngo Blaise Compaoré agaruke. ”
Source:RFI

Venuste Habineza/Intyoza.com

 

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5853 Posts

Politiki

4104 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

1007 Posts

Imyidagaduro

82 Posts

Imikino

141 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga