• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
01/07/25
Kamonyi: Ba Rushingwangerero bagabiye Inka uwarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi
01/07/25
Kamonyi-Nyamiyaga: Inzu mberabyombi y’asaga Miliyoni 73 ibahesheje ishema n’igikombe
01/07/25
Kamonyi: Ingengo y’Imari y’Akarere yiyongereyeho 1,60%
01/07/25
Eugene Murangwa wakiniye Rayon Sports yavuze uko Siporo yabaye impamvu ikomeye yo kurokoka Jenoside

Ubushinwa bwahakanye bugaramye ko butagurisha inyama z’abantu

Umwanditsi
May 24, 2016

Igihugu cy’ubushinwa, cyamaganiye kure inkuru y’uko kigurisha inyama z’abantu muri afurika zifunze mubikombe.

Ubuyobozi bwa Minisiteri y’ububanyi n’amahanga mu gihugu cy’ubushinwa burahakana bwivuye inyuma inkuru zivuga ko inganda zikora ibyo kurya muri iki gihugu zishyira inyama z’abantu mubikombe zikaza kuzigurisha muri afurika.

Igitangazamakuru kimwe cyo mu bushinwa Xinhua, cyatangaje ko mu gihugu cya Zambiya hari igitangazamakuru cyanditse inkuru bitanyuze mu mategeko ibyo cyabwiwe n’umugore umwe utavuzwe izina usanzwe aba mu bushinwa.

Uyu mugore, yavuze ko inganda zo mubushinwa zihora zifata imirambo y’abantu bapfuye bakabivanga n’ibirungo mbere yo kubishyira mubikombe.

Bivugwa ko bashyiramo inyama z'abantu aho gushyiramo iz'inka.
Bivugwa ko bashyiramo inyama z’abantu aho gushyiramo iz’inka.

Hong Lei, umuvugizi w’ubushinwa yahakanye aya makuru avuga ko ibyo ari ibinyoma.

Yang Youming, uhagarariye igihugu cy’ubushinwa mu gihugu cya Zambiya yavuze ko izi nkuru nta kindi zigendereye uretse guhungabanya umubano mwiza usanzwe uri hagati y’ibi bihugu.

Yagize ati:” uyu munsi, ikinyamakuru kimwe kirimo kirakwirakwiza inkuru z’ibinyoma, kivuga ko ubushinwa bugurisha inyama z’abantu buzishyira mu bikombe mbere y’uko buzizana kuzigurisha muri Afurika. Iki ni ikinyoma kigambiriwe kidashobora kwemerwa iwacu”.

 

Intyoza.com

 

 

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Kamonyi-Nyamiyaga: Umurezi mu kigo cy’Ishuri araye mu maboko atari aye kubera umwana w’umukobwa w’imyaka 14-15
Umwanditsi
October 17, 2024
Ibyiciro

Amakuru

5824 Posts

Politiki

4075 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

998 Posts

Imyidagaduro

80 Posts

Imikino

141 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga