• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
18/10/25
Kamonyi-Rugalika: Gitifu Nkurunziza yagarutse ku gaciro no gukomera k’Umugore, abaha umukoro
18/10/25
Kamonyi-Rugalika/Ruramba: Ihaniro(Igikari cy’Umubyeyi) ryashyize Abagore ku murongo
18/10/25
Ibihumbi 50 byamuhesheje amahirwe yo gutsindira hafi Miliyoni imwe muri FORTEBET
18/10/25
Kamonyi-Rugalika: Umugabo uzwi ku izina rya Lizembe yapfuye Umugore yisanga mu maboko atari aye

Ethiopia irahakana kwica abantu basaga ibihumbi 50 muri Tigray

Umwanditsi
February 3, 2021

Leta ya Ethiopia irahakana inkuru zivuga ko abantu ibihumbi n’ibihumbi b’abasivire bishwe mu ntambara yabaye mu ntara y’amajyaruguru ya Tigray.

Kuri uyu wa kabiri, amashyaka atatu atavuga rumwe na leta yo mu ntara ya Tigray yashinje abasirikare ba Ethiopia na Erithrea ko bishe abantu, ivuga ko abasivire 52.000 bishwe.

Ntabwo basobanura icyo bashingiyeho mu kuvuga iyo mibare, ariko bakavuga ko muri abo bishwe harimo abagore, abana hamwe n’abakuru b’amadini.

Leta ya Ethiopia ivuga ko izo nkuru ntaho zishingiye kandi ko zifite impamvu za politike. Yavuze kandi ko ibabajwe n’abasivire bahasize ubuzima, ariko ko nta bantu benshi bahaguye kubera igisirikare gikurikiza amategeko.

Umuryango w’abibumbye-ONU uvuga ko ibintu bishobora kurushaho kuba bibi cyane, mu gihe Leta yabangiye gushyika muri ako karere.

Ku musi wa mbere, nkuko BBC ibitangaza, umutegetsi uyoboye ishyirahamwe ritanga imfashanyo ryanenze abategetsi ba Ethiopia kuba bababuza gushyikira abasizwe iheruheru n’intambara yo mu ntara yo mu buraruko/amajyaruguru ya Tigray.

Jan Egeland, uyoboye ishyirahamwe rya Norwegian Refugee Council, yavuze ko amashyirahamwe atanga imfashanyo atarashobora gushyika mu turere two hagati no mu majyaruguru bw’iyo ntara, cyo kimwe no mu makambi y’impunzi. Yavuze ko ari gake abonye imfashanyo zibuzwa gushyikira abo zigenewe.

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Yasuwe inshuro: 0

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5892 Posts

Politiki

4143 Posts

Ubuhinzi

148 Posts

Ubukungu

1021 Posts

Imyidagaduro

84 Posts

Imikino

148 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga