• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
18/10/25
Kamonyi-Rugalika: Gitifu Nkurunziza yagarutse ku gaciro no gukomera k’Umugore, abaha umukoro
18/10/25
Kamonyi-Rugalika/Ruramba: Ihaniro(Igikari cy’Umubyeyi) ryashyize Abagore ku murongo
18/10/25
Ibihumbi 50 byamuhesheje amahirwe yo gutsindira hafi Miliyoni imwe muri FORTEBET
18/10/25
Kamonyi-Rugalika: Umugabo uzwi ku izina rya Lizembe yapfuye Umugore yisanga mu maboko atari aye

Donald Trump, Bidasubirwaho yujuje umubare usabwa ngo abe umukandida

Umwanditsi
May 27, 2016

Trump, ku majwi y’intumwa 1237 biramuhesha uburenganzira bwo gutangwaho umukandida n’ishyaka rye ry’Abarepabulika.

Inkuru yabaye kimomo muri Amerika hose, mu mahanga ko umucuruzi w’umuherwe Donald Trump yakwije amajwi amuhesha uburenganzira bwo guhagararira ishyaka rye mu matora yo kuba Perezida wa Amerika.

Donald Trump, ngo ashyigikiwe n’amajwi y’intumwa z’ishyaka 1237, byitezwe ko ishyaka rye rizemeza ku mugaragaro ugomba kurihagararira mu nama iteganyijwe mu kwezi kwa karindi uyu mwaka.

Donald Trump, nkuko yabitangarije ibitangazamakuru muri Amerika, avuga ko mugihe azaba abaye umukuru wa Leta zunze ubumwe za Amerika azahanagura ikitwa amategeko yasinyweho na Perezida Obama ko kandi mubyo azakora birimo gukomeza cyane urwego rw’Igisirikare.

Amatora y’umukuru wa Leta zunze ubumwe za Amerika, ateganyijwe kuba mu ntangiriro z’ukwezi kwa cumi na kumwe uyu mwaka.

intyoza.com

Yasuwe inshuro: 0

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5892 Posts

Politiki

4143 Posts

Ubuhinzi

148 Posts

Ubukungu

1021 Posts

Imyidagaduro

84 Posts

Imikino

148 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga