• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
18/12/25
Umuyobozi wa Polisi, IGP, CG Felix Namuhoranye ntiyumva uburyo Akarere gatwara imodoka yahembwe Umurenge
18/12/25
Kamonyi: Uburenganzira bw’Ufite Ubumuga ntabwo bureba Ubuyobozi gusa-Visi meya Uwiringira M Josee
18/12/25
Igishoro cy’Ibihumbi 450 cyahesheje Umunyamahirwe wa FORTEBET gutsindira hafi Miliyoni 2,5 y’u Rwanda
18/12/25
Kamonyi-Rugalika: Abadepite basabye Akarere kugira nibura Site imwe y’Imiturire y’icyitegererezo

Abakirisitu batakambiye ubutegetsi, batakambiye Kiriziya Gaturika biba iby’ubusa

Umwanditsi
May 31, 2016

Ubuke bw’abakirisitu muri Leta ya Massachusetts bwatumye gusaba kwabo kuburizwamo urusengero rwabo rurafungwa.

Abakirisitu Gaturika bo muri Leta ya Massachussetts, bari mu mubabaro w’uko kiriziya basengeragamo igiye gufungwa nyuma yo kugerageza kuyirwanaho bikaba iby’ubusa.

Aba bakirisitu, nyuma y’uko batsinzwe urugamba batangiye rwo gusaba ko kiriziya yabo basengeyemo igihe kirekire itafungwa, aho bagiye bakomanga hose batakamba habuze ubumva.

Abakirisiru b’iyi Kiriziya yitiriwe St Frances X. Cabrini, nyuma y’imyaka 11 barwana urugamba rwo gusaba ko kiriziya yabo itafungwa bategetswe kuyivamo igafungwa.

Ingingo yo gufunga iyi Kiriziya ngo yatewe n’igabanuka ry’abakirisitu bayisengeramo hamwe n’ibindi bibazo.

Mu ntangiriro z’uku kwezi nkuko tubikesha ijwi rya America, aba bakirisitu bari bajyanye ikirego mu rukiko rukuru rwa Leta zunze ubumwe za America ariko uru rukiko rwanze kumva urubanza rwabo.

Abakirisitu b’uru rusengero rwa St Frances X. Cabrini bagerageje kandi kwitabaza Vaticani( ikicaro gikuru cya Kiriziya Gaturika ku Isi), ntabwo bashoboye kwemeza abategetsi ba Kiriziya Gaturika impamvu yatuma kiriziya yabo ikomeza gufungura imiryango.

Diocese nkuru yo mu karere ka Boston, yizeye ko aba bakirisitu bafungiwe kiriziya ngo bazajya murundi rusengero rw’abagaturika ruri muri ako karere.

 

 

Intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5929 Posts

Politiki

4178 Posts

Ubuhinzi

150 Posts

Ubukungu

1041 Posts

Imyidagaduro

86 Posts

Imikino

157 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga