• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
15/06/25
Kamonyi-Bishenyi: Imurikabikorwa n’Imurikagurisha rihaye umukoro ubuyobozi bw’Akarere
15/06/25
Burera: ECD Burera ADEPE for Enhancing Child Safety and Family Economy
15/06/25
Kamonyi-Kwibuka31: Ikipe y’Abakanyujijeho mu Mavubi(FAPA) yageze ku mukino wa nyuma itsinze Arsenal Forever
15/06/25
Kamonyi-Rugalika: Polisi yataye muri yombi abakekwaho ubujura bwo gutegera abantu mu nzira no gutobora inzu

Abakirisitu batakambiye ubutegetsi, batakambiye Kiriziya Gaturika biba iby’ubusa

Umwanditsi
May 31, 2016

Ubuke bw’abakirisitu muri Leta ya Massachusetts bwatumye gusaba kwabo kuburizwamo urusengero rwabo rurafungwa.

Abakirisitu Gaturika bo muri Leta ya Massachussetts, bari mu mubabaro w’uko kiriziya basengeragamo igiye gufungwa nyuma yo kugerageza kuyirwanaho bikaba iby’ubusa.

Aba bakirisitu, nyuma y’uko batsinzwe urugamba batangiye rwo gusaba ko kiriziya yabo basengeyemo igihe kirekire itafungwa, aho bagiye bakomanga hose batakamba habuze ubumva.

Abakirisiru b’iyi Kiriziya yitiriwe St Frances X. Cabrini, nyuma y’imyaka 11 barwana urugamba rwo gusaba ko kiriziya yabo itafungwa bategetswe kuyivamo igafungwa.

Ingingo yo gufunga iyi Kiriziya ngo yatewe n’igabanuka ry’abakirisitu bayisengeramo hamwe n’ibindi bibazo.

Mu ntangiriro z’uku kwezi nkuko tubikesha ijwi rya America, aba bakirisitu bari bajyanye ikirego mu rukiko rukuru rwa Leta zunze ubumwe za America ariko uru rukiko rwanze kumva urubanza rwabo.

Abakirisitu b’uru rusengero rwa St Frances X. Cabrini bagerageje kandi kwitabaza Vaticani( ikicaro gikuru cya Kiriziya Gaturika ku Isi), ntabwo bashoboye kwemeza abategetsi ba Kiriziya Gaturika impamvu yatuma kiriziya yabo ikomeza gufungura imiryango.

Diocese nkuru yo mu karere ka Boston, yizeye ko aba bakirisitu bafungiwe kiriziya ngo bazajya murundi rusengero rw’abagaturika ruri muri ako karere.

 

 

Intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Kamonyi-Nyamiyaga: Umurezi mu kigo cy’Ishuri araye mu maboko atari aye kubera umwana w’umukobwa w’imyaka 14-15
Umwanditsi
October 17, 2024
Ibyiciro

Amakuru

5816 Posts

Politiki

4067 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

996 Posts

Imyidagaduro

79 Posts

Imikino

139 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga