• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
01/09/25
Kamonyi: Gahunda y’Intore mu biruhuko yarinze abana Ubuzererezi, Ihohoterwa…-Visi Meya Uwiringira
01/09/25
Kamonyi: Perezida Kagame ntabwo yahaye Umugore ijambo gusa yanarihaye Abagabo kuko ntaryo twagiraga-Visi Meya Uzziel
01/09/25
Amajyepfo: Polisi yataye muri yombi abantu 1,615 bakekwaho gukora ibyaha bitandukanye
01/09/25
Kamonyi-Nyamiyaga: Witegereza ko umuntu akora icyaha, kumira ko kiba utanga amakuru-SP Marie Goretti Uwanyirigira

Uganda yashyize hanze umuti bivugwa ko uvura Covid-19

Umwanditsi
June 30, 2021

Ikigo gishinzwe kugenzura imiti muri Uganda cyemeye ikoreshwa ry’umuti witwa Covidex mu kuvura icyiza cya Covid 19. Uyu muti wavumbuwe n’umushakashatsi wigisha muri kaminuza y’ubumenyi n’ikoranabuhanga ya Mbarara.

Abatari bake bari bamaze igihe bawukoresha batabiherewe uburenganzira na Leta kuko yari yarasabye abantu guhagarika ikoreshwa ryawo. Gusa nkuko VOA ibitangaza, hari abagumye kuwukoresha rwihishwa bityo hakomeza kugaragara abatanga ubuhamya ko wabakijije Covid 19, nkuko byemezwa n’ikigo gishinzwe kugenzura imiti muri Uganda.

Ubuhamya bwakomeje gutangwa n’abantu bavuga ko wabakijije, nubwo bawunywaga rwihishwa, bwatumye icyo ikigo kinanirwa kuwukumira gihitamo gusohora itangazo ryemerera abantu kuwukoresha hamwe n’indi miti yari isanzwe ikoreshwa mu kuvura Covid 19.

Icyo kigo cyatangaje ko ubu cyatangiye gukorana n’uwo mushakashatsi wawuvumbuye kugira ngo bagire ibyo bavugurura kuri uwo muti.

Umunyamakuru w’Ijwi ry’Amerika uri muri Uganda, Ignatius Bahizi avuga ko humvikanye ubuhamya bwa bamwe mu bavuga ko batangiye kuwukoresha bafite ibibazo byo guhumeka kubera ikibazo cya Covid 19, nyuma bakaza koroherwa.

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5853 Posts

Politiki

4104 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

1007 Posts

Imyidagaduro

82 Posts

Imikino

141 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga