• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
19/12/25
Umuyobozi wa Polisi, IGP, CG Felix Namuhoranye ntiyumva uburyo Akarere gatwara imodoka yahembwe Umurenge
19/12/25
Kamonyi: Uburenganzira bw’Ufite Ubumuga ntabwo bureba Ubuyobozi gusa-Visi meya Uwiringira M Josee
19/12/25
Igishoro cy’Ibihumbi 450 cyahesheje Umunyamahirwe wa FORTEBET gutsindira hafi Miliyoni 2,5 y’u Rwanda
19/12/25
Kamonyi-Rugalika: Abadepite basabye Akarere kugira nibura Site imwe y’Imiturire y’icyitegererezo

Nyaruguru: Perezida w’urukiko rw’ibanze rwa Kibeho yatawe muri yombi na RIB

Umwanditsi
February 18, 2022

Kuri uyu wa 18 Gashyantare 2022, urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha-RIB rwataye muri yombi Nsengiyumva Silas, Perezida w’Urukiko rw’ibanze rwa Kibeho mu karere ka Nyaruguru. Akurikiranyweho ibyaha birimo icya Ruswa y’inshimishamubjri rishingiye ku gitsina no gufata icyemezo gishingiye ku itonesha n’ubucuti.

Mu itangazo RIB yashyize ku rubuga rwayo rwa Twitter,  ivuga ko uyu Nsengiyumva Silas yafashwe akaba afungiye kuri Sitasiyo ya RIB ya Kicukiro mu Mujyi wa Kigali, aho iperereza ku byaha akekwaho rikomeza kugira ngo hakorwe Dosiye ishyikirizwe ubushinjacyaha.

Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha-RIB, ruvuga ko rushimira abantu bose bagize uruhare mu kugira ngo uyu ucyekwa atabwe muri yombi.RIB, mu butumwa bwayo inakangurira abaturarwanda gukomeza gutanga amakiru ku basaba ndetse n’abatanga Ruswa muri serivise z’ubutabera kugira ngo bafatwe bahanwe, bityo Ruswa iranduke mu Gihugu.

intyoza

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5929 Posts

Politiki

4178 Posts

Ubuhinzi

150 Posts

Ubukungu

1041 Posts

Imyidagaduro

86 Posts

Imikino

157 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga