• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
02/09/25
Kamonyi-Musambira: Imihigo duhiga ikora k’Ubuzima bw’Abaturage, dusabwa kujyanamo-Gitifu Nyirandayisabye Christine
02/09/25
Kamonyi-Rukoma: Umwana w’umukobwa w’imyaka 14 yishe mugenzi we wUmuhungu amuteye icyuma
02/09/25
Kamonyi-Gacurabwenge: Ukekwaho ubugizi bwa nabi yarashwe arapfa
02/09/25
Kamonyi: Gahunda y’Intore mu biruhuko yarinze abana Ubuzererezi, Ihohoterwa…-Visi Meya Uwiringira

Perezida Uhuru Kenyatta yasabye Visi Perezida we, William Ruto kwegura

Umwanditsi
May 2, 2022

Umukuru w’Igihugu cya Kenya, Uhuru Kenyatta, yasabye umwungiriza we, William Ruto, kwegura ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu wungirije mu gihe kutumvikana kwabo gukomeza kwiyongera. Ni mu gihe mu kwezi kwa Munani uyu mwaka muri iki gihugu hateganijwe amatora y’Umukuru w’Igihugu.

Perezida Kenyatta, ashinja uyu bahoze bafatanije urugamba rwa Politiki, kuba adakora ibikwiye ngo afashe Kenya kwikura mu ngorane z’ubukungu, zirimo no kuba ubuzima buhenze.

Visi Perezida William Ruto, ubwo yasubizaga Perezida Uhuru Kenyatta abinyujije ku mbuga nkoranyambaga, yavuze ko Leta imaze imyaka ibiri idahurira mu nama, anasa n’uvuga ko yakumiriwe.

William Ruto ariko, arashaka gusimbura Perezida Uhuru Kenyatta, byitezwe ko ava ku butegetsi manda ye ya Kabiri arimo nirangira. Ariko uyu mukuru w’Igihugu cya Kenya, yashyigikiye uwo bahoze ari abakeba, umunye-Politiki ubimazemo igihe ariko atavuga rumwe na Leta, Raila Odinga.

Hari impungenge z’uko ubukeba bwa Politiki bushobora gutuma haba imyiryane mu gihe cy’amatora ari bugufi kuba. Aya matora y’umukuru w’Igihugu muri Kenya nkuko BBC dukesha iyi nkuru ibitangaza, akunze kurangwa n’amakimbirane, aho usanga abantu batari bake banahasiga ubuzima.

intyoza

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5856 Posts

Politiki

4107 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

1007 Posts

Imyidagaduro

82 Posts

Imikino

141 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga