• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
22/08/25
Kamonyi-Gacurabwenge: Kwesa Imihigo 98 n’indi yihariye byabaheshe guhiga indi mirenge y’Akarere
22/08/25
Kamonyi-Rugalika: Itsinda ry’abakekwaho ubugizi bwa nabi batawe muri yombi
22/08/25
Kamonyi-Nyarubaka: Umusore wari Papa akaba na Mama w’Abavandimwe be yishwe atewe icyuma
22/08/25
Ireme ry’Uburezi si ikintu tubyuka mu gitondo ngo tuvuge ngo twarigezeho, ni urugendo-Dr. Flora Mutezigaju/REB

Muhanga: Ntidutora umuntu dutora gahunda ze-Musenyeri Simaragide

Umwanditsi
July 15, 2024

Musenyeri Mbonyintege Simaragide uri mu kiruhuko cy’izabukuru, avuga ko abatora badakwiye gutora umuntu ahubwo bakwiye gutora gahunda ze kandi ukareba niba koko iyo gahunda cyangwa se imigabo n’imigambi y’ibyo avuga azabishobora.

Musenyeri Simaragide, yabwiye umunyamakuru wa intyoza.com ati“ Twebwe iyo tugiye gutora ntabwo uba urimo kwiterera hejuru kuko nta ambition( icyerekezo) ufite. Iyo ufite ni imwe gusa! Gushaka, gufatanya n’abandi baturage gushyiraho Umuyobozi, ugahitamo gahunda ye kandi ukareba niba azanayishobora warangiza ukamutora, ibindi bigakurikiza amategeko”.

Umuseseri mu cyumba cy’itora yareberaga Musenyeri ko ari ku rutonde rw’abatora).

Mu nama n’impanuro aha abatora, ababwira ko mu gihe barimo gutora bakwiye kumenya ko baba barimo kwishyiriraho ubuyobozi, ko kandi mu gushyiraho ubuyobozi bakwiye no kubwumvira. Ati“ Mujye mushyiraho ubutegetsi kandi mubwumvire”.

Mu karere ka Muhanga kuri uyu munsi w’itora, hari Site z’itora 70 hakaba ibyumba 431 by’itora, aho abagejeje igihe cy’itora buri wese agana ibiro by’itora by’aho yibarurije. Abatora, baba abato bagejeje igihe cy’itora (cyane abatoye bwa mbere), baba abakuze, hari abizinduye iyarubika ku buryo hari abageze ahatorerwa murukerera. Amatora yatangiye ku i saa moya.

Yari ahawe urupapuro rwo gutora abadepite.
Ubwo yasohokaga mu cyumba cy’itora.

intyoza

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5848 Posts

Politiki

4099 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

1006 Posts

Imyidagaduro

80 Posts

Imikino

141 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga