• Kigali, Rwanda
  • 0788309922
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
24/09/25
Amafaranga ibihumbi bibiri(2,000Frws) yamuhesheje gutsindira asaga Miliyoni 26 muri FORTEBET
24/09/25
Kamonyi-Rukoma: Umugabo w’imyaka 56 y’amavuko yasanzwe amanitse mu mugozi
24/09/25
Gisagara: Polisi yashimiye Clubs zishinzwe gukumira ibyaha mu mashuri(anti-Crime Clubs in school)
24/09/25
Kamonyi-Ngamba: Amakuru intyoza.com yamenye ni uko Polisi yarashe Amabandi atatu yasanze arimo gutema no kwambura Abaturage

Amafaranga ibihumbi bibiri(2,000Frws) yamuhesheje gutsindira asaga Miliyoni 26 muri FORTEBET

Umwanditsi
September 24, 2025

Umunyamahirwe wafashe umwanya we agatekereza neza, agakora Ipari y’Ibihumbi bibiri gusa(2,000frws) yatsindiye amafaranga y’u Rwanda asaga na Miliyoni makumyabiri n’esheshatu(26,000,000Frws). Ku Ipari ye, hamwe yaguraga gutsinda ku ikipe, ahandi ibitego birenze( Over). Yatangiriye ku mikino yabaye kuva tariki ya 05 Nzeri 2025 ageza ku mikino yabaye tariki 18 Nzeri 2025 ubwo imikino yose yaguze aribwo yari irangiye akegukana akayabo k’izo Miloyoni.

Ipari y’uyu Munyamahirwe, yamaze ibyumweru bibiri byose ategereje ko ikipe ya nyuma ibona intsinzi kuko kuva ku mikino yabaye tariki 05 Nzeri 2025 ku gera ku mukino wa nyuma wo kuwa 18 Nzeri 2025, buri kipe yaguze yari ifite amatariki ndetse n’amasaha igomba gukiniraho bitewe na Shampiyona ya buri Gihugu uko zari zipanze.

Iyi Pari y’uyu Munyamahirwe, ku mafaranga ye ibihumbi bibiri(2,000Frws) gusa yatsindiye Miliyoni ze 26,099,320RWF. Kuri we nk’umukunzi wa FORTEBET byari ibihe bitoroshye aho yari ategereje ko umukino wa nyuma umuhesha izo Miliyoni urangira.

Ku Ipari yari yakoze, yari yaguze ibitego birenze(Over) 1.5 mu mukino wahuje ikipe ya Manchester City na Napoli, aho uyi mukino warangiye ari 2-0, agura Barcelona gutsindira New Castle iwayo muri Shampiyona y’Abongereza( Champions League) yabaye mu cyumweru gishize!.

Uyu munyamahirwe, iyo aba ari kureba iyi mikino byari kumurwaza umutima kuko New Castle yari hafi kwishyura aho bari batsinzwe 2-0 byatsinzwe na Marcus Rashford gusa Barcelona yihagazeho kugeza ku munota wa nyuma. Gusa na none, ntibari baziko bafashije Umunyarwanda gutsindira akayabo k’asaga 26,099,320 RWF.
Iyi ntsinzi iri ku itike ifite nimero 3524772572469999.
Turakwishimiye!
intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

No Comment! Be the first one.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5871 Posts

Politiki

4122 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

1012 Posts

Imyidagaduro

83 Posts

Imikino

145 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga