• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
09/09/25
Gisagara: Umuyobozi w’Ikigo cy’Ishuri yatawe muri yombi azira ibiryo by’abana
09/09/25
Kamonyi-Blue Sky School: Abanyeshuri n’Abarimu bashimiwe ku guhesha ikigo ishema
09/09/25
Kamonyi-Runda: Umugabo w’imyaka 35 y’amavuko yasanzwe amanitse mu mugozi
09/09/25
Kamonyi-Mukinga: Abana basaga 128 bataye n’abacikishirije ishuri bagiye kurisubizwamo

Thierry Henry, yahawe imirimo yo gutoza ikipe y’Ababiligi

Umwanditsi
August 26, 2016

Umukinnyi wabiciye bigacika mu ikipe y’umupira w’amaguru ya Arsenal mubwongereza akaza no kuyibera umutoza w’ikipe y’abana yagizwe umutoza mu ikipe y’igihugu y’ububiligi.

Thierry Henry w’imyaka 39 y’amavuko akaba umufaransa, yamaze kugirwa umutoza wungirije w’ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru y’ububiligi aho agiye kungiriza umutoza mukuru Roberto Martenez.

Hernry, ni umukinnyi wamenyekanye cyane ndetse anakundwa na benshi ubwo yari agikina mu ikipe ya Arsenal mubwongereza. Uretse kuba yarakiniye Arsenal Henry yanakiniye ikipe ya Barcelona yo mu gihugu cya Esipanye.

Thierry Henry wagizwe umutoza wungirije w’ikipe y’ububiligi, ni umwe mu bakinnyi bakoze amateka mu ikipe ya Arsenal. Ni umukinnyi utazibagirana mu mitwe y’abakunzi n’abafana b’iyi kipe ndetse no mubuyobozi bwayo.

Henry, nyuma yo kurangiza imirimo yo gukina umupira w’amaguru, yagizwe umutoza w’ikipe y’abana ya Arsenal. nyuma yaje gukurwa kuri iyi mirimo kuko Umutoza w’ikipe nkuru Arsene Wenger yavugaga ko atafatanya kuba umusesenguzi kuri Televiziyo ya Sky Sports no gutoza.

Kurubuga rwe rwa Twitter, Henry yatangaje ko yishimiye kuba yagizwe umutoza wungirije muri iyi kipe y’ububiligi. Yashimiye umutoza mukuru Roberto Martinez ndetse ashimira ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mububiligi ku cyizere bamugiriye.

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5860 Posts

Politiki

4111 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

1008 Posts

Imyidagaduro

83 Posts

Imikino

142 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga