Ibihumbi 50 byamuhesheje amahirwe yo gutsindira hafi Miliyoni imwe muri FORTEBET
Umunyamahirwe utangaje muri FORTEBET yateze imikino itanu ku bitego, aterekaho amafaranga y’u Rwanda ibihumbi mirongo itanu(50,000Frws) bimuhesha amahirwe yo kwegukana 989,500Frws.
Uyu munyamahirwe wo muri FORTEBET, ibi yabikoze mu gihe cy’amasaha make ubwo hari tariki ya 10 Ukwakira 2025 bityo aba yanditse amateka mashya kandi akomeza inzira yo kugwiza ubukire.
Mu gukora Ipari ye atega, uyu munyamahirwe wiyizeye yarakeneye gusa imikino itanu aho yahisemo gutega ku bitego gusa maze bikamuhesha amahirwe yo gutsindira akayabo k’Amafaranga. Mu gutega kwe, harimo ibikubo bya over ya 6.5 (umukino warangiye ari 9-0) yongeraho over ya 3.5 na 2.5 ndetse indi mikino 2 ahitamo over 1.5, byose biba uko yabihisemo, atahana ibyishimo by’intsinzi.
Gusa muri uku gutega, byabanje kumuhangayikisha kuko imikino 3 muri 5 yarangiye neza uko yabihisemo hatarenzeho igitego na kimwe. Iyi ntsinzi iri ku itike ifite nimero 3528333704169999 ndetse amafaranga yayatahanye yose ako kanya.
Turakwishimiye!
intyoza.com
No Comment! Be the first one.