• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
08/05/25
Kamonyi-Runda: Polisi yataye muri yombi abasore 2 yafatanye ibiyobyabwenge
08/05/25
Kamonyi-Rukoma: Ntabwo tuzihanganira abantu b’Ingarisi batagira icyo bakora baza kwiba abaturage-DPC Furaha
08/05/25
Kamonyi-Musambira/Kwibuka31: Twahisemo kuba umwe, kureba kure ndetse no gufatanya-Visi Meya Uzziel Niyongira
08/05/25
Kamonyi: Abikorera/PSF bibutse bagenzi babo bishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi banaremera Intwaza

Rusizi: Umutingito wangije ibitari bike unahitana ubuzima bw’umuntu

Umwanditsi
September 23, 2016

Kuri uyu mugoroba w’italiki 23 Nzeli 2016, umutingito wateje ibyago bitari bike aho wangije ndetse ugahitana ubuzima bw’umuntu

Umutingito wumvikanye mubice bimwe na bimwe by’u Rwanda, kuri benshi wabasizemo ubwoba, bamwe bahunga ibice bari barimo ariko kandi abandi wasize utwaye ubuzima bwabo unangiza ibitari bike cyane mu karere ka Rusizi.

Mu karere ka Rusizi mu mujyi wa Kamembe, uyu mutingito wangije ibitari bike aho washenye inzu ikagwira imodoka ikangirika ariko kandi benshi mu bantu bari hafi aho bagakomereka aho harimo n’uwahasize ubuzima.

Imibare iva mu karere ka rusizi cyane kubitaro bya gihundwe ari nabyo byakiriye abakomeretse, igaragaza ko mubageze kubitaro bakakirwa abagera kuri 20 bakomeretse harimo umwe wahageze yakomeretse cyane kuramira ubuzima bwe bikanga akahasiga ubuzima. Gusa iyi mibare yatangajwe si ihame kuko gutabara abakomeretse no kureba ibyangiritse byo byari bigikomeza.

Umuyobozi w’ibitaro bya Gihundwe Nshizirungu Placide, yemereye umunyamakuru w’ukwezi.com dukesha iyi nkuru ko mu bantu bageze kuri ibi bitaro, abagera kuri 20 aribo bari bakomeretse nubwo imibare yari itaramenyekana yose ariko kandi muri aba umwe wari wakomeretse cyane yageze kubitaro ahita ashiramo umwuka.

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Kamonyi-Nyamiyaga: Umurezi mu kigo cy’Ishuri araye mu maboko atari aye kubera umwana w’umukobwa w’imyaka 14-15
Umwanditsi
October 17, 2024
Ibyiciro

Amakuru

5795 Posts

Politiki

4046 Posts

Ubuhinzi

145 Posts

Ubukungu

992 Posts

Imyidagaduro

79 Posts

Imikino

138 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga