• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
01/09/25
Kamonyi: Gahunda y’Intore mu biruhuko yarinze abana Ubuzererezi, Ihohoterwa…-Visi Meya Uwiringira
01/09/25
Kamonyi: Perezida Kagame ntabwo yahaye Umugore ijambo gusa yanarihaye Abagabo kuko ntaryo twagiraga-Visi Meya Uzziel
01/09/25
Amajyepfo: Polisi yataye muri yombi abantu 1,615 bakekwaho gukora ibyaha bitandukanye
01/09/25
Kamonyi-Nyamiyaga: Witegereza ko umuntu akora icyaha, kumira ko kiba utanga amakuru-SP Marie Goretti Uwanyirigira

Nyandwi Désiré intumwa ya rubanda yitabye Imana

Umwanditsi
October 14, 2016

Mu gihe kitageze ku byumweru bi biri, mu nteko ishinga amategeko urupfu rwongeye gutwara intumwa ya Rubanda, Hon. Nyandwi Désiré yitabye Imana.

Nyandwi Désiré benshi bigeze kumenya ku kazina ka Desideri, amakuru agera ku kinyamakuru intyoza.com aremeza ko yamaze kwitaba Imana. Iyi ntumwa ya rubanda mu nteko ishinga amategeko y’u Rwanda urupfu rwe ruje rukurikira urwa Hon. Jean de Dieu Mucyo wari mu nteko ishinga amategeko umutwe wa Senana. Mucyo,  yitabye Imana mu cyumweru gishize urupfu rwe rwashegeshe abatari bake.

Ku rubuga rw’inteko ishinga amategeko y’u Rwanda(Website), hariho amagambo agira ati:”Hamwe n’umutima uremerewe wuzuye agahinda, Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda irabamenyesha ko Hon. NYANDWI Désiré yitabye Imana kuri uyu wa 14 Ukwakira 2016, mu bitaro byitiriwe Umwami Faycal.”

Amakuru agera ku kinyamakuru intyoza.com avuga kandi ko iyi ntumwa ya rubanda mu nteko ishinga amategeko y’u Rwanda, Hon. Nyandwi Désiré yagejejwe mu bitaro byitiriwe umwami Faycal yumva atameze neza ariko kandi ngo atari ibikomeye cyane nubwo byanze bikarangira Imana Imuhamagaye.

Hon. Nyandwi Désiré, impamvu y’urupfu rwe ntabwo irashyirwa ahagaragara, atabarutse yari amaze imyaka igera kuri 13 mu nteko ishinga amategeko y’u Rwanda aho yatowe avuye mu muryango wa RPF Inkotanyi.

Kanda hano ujye ubona amakuru y’iwacu kandi isaha ku isaha kuri Facebook no kuri twitter

 

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Urutonde rw’abaperezida bayoboye u Rwanda kuva rwigenze
Umwanditsi
October 5, 2016
Ibyiciro

Amakuru

5853 Posts

Politiki

4104 Posts

Ubuhinzi

147 Posts

Ubukungu

1007 Posts

Imyidagaduro

82 Posts

Imikino

141 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga