• Kigali, Rwanda
  • +250 123 456 789
Facebook Twitter Youtube

INTYOZA

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga
Agezweho
09/05/25
Kamonyi-Runda: Polisi yataye muri yombi abasore 2 yafatanye ibiyobyabwenge
09/05/25
Kamonyi-Rukoma: Ntabwo tuzihanganira abantu b’Ingarisi batagira icyo bakora baza kwiba abaturage-DPC Furaha
09/05/25
Kamonyi-Musambira/Kwibuka31: Twahisemo kuba umwe, kureba kure ndetse no gufatanya-Visi Meya Uzziel Niyongira
09/05/25
Kamonyi: Abikorera/PSF bibutse bagenzi babo bishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi banaremera Intwaza

Muhanga: Mayor ahamya ko nta ruhare afite mu gukingira ikibaba abateza urusaku mukabari

Umwanditsi
December 30, 2016

Umuyobozi w’Akarere ka Muhanga, Uwamariya Beatrice avuga ko nta ruhare na ruto afite mu gukingira ikibaba abacuruzi bivugwa ko urusaku rw’umuziki uva mutubari twabo rubangamiye abaturage.

Mu kiganiro n’itangazamakuru cyabaye kuri uyu wa gatanu tariki ya 30 Ukuboza 2016, umuyobozi w’Akarere Uwamariya Beatrice yatangaje ko abavuga ko yaba akingira ikibaba abateza urusaku ko ibyo bavuga atari byo nabusa.

Mayor Beatrice agira ati:”Ndumva icyo tuza kukivuganaho na Polise ikaza gukora igenzura ry’ibyo bintu hanyuma bigasubizwa mu murongo nkuko byahoze, kuko byigeze kubaho birakosoka. Ngira ngo hari n’amategeko ahana abantu basakuriza abandi, ahasigaye ni ugutegereza igenzura tukareba ko byubahirizwa. Ntabwo rero ari Kampani ya mayor hariya, ngira ngo ari n’iye niwe wakurikiza amategeko mbere kugira ngo bimworohere gutuma abandi bayashyira mubikorwa”.

Uwamariya Beatrice, kuri iki kibazo yasabye abanyamakuru gufasha ubuyobozi kubona amakuru y’utubari cyangwa Hotel aho basakuriza abantu, yijeje kandi ko ikibazo kigiye gukurikiranwa hagafatwa ingamba.

Umwe mubashyirwa mu majwi mu gusakuriza abantu ufite akabari munsi y’ahari kubakwa gare, ubwo intyoza.com yajyaga ku mureba aho akorera ngo agire icyo abivugaho ntabwo yari ku kazi. Umwe mubakozi be utifuje ko amazina ye atangazwa yatubwiye ko nta kwihanangirizwa n’ubuyobozi bari babona, ko batarakira urwandiko rubabwira ko bateza urusaku, ndetse kuri we ngo babona ntawe babangamiye kuko nta muturage uraza kubiyama.

 Kanda hano ujye ubona amakuru y’iwacu kandi isaha ku isaha kuri Facebook no kuri twitter 

Munyaneza Theogene / intyoza.com

Share Article

Follow Me Written By

Umwanditsi

Shakisha
Izasomwe cyane
Kamonyi-Runda: Umugabo ukekwaho kwica umugore we amuteye icyuma yatawe muri yombi
Umwanditsi
November 27, 2024
Kamonyi-Musambira: Gitifu yakijijwe n’amaguru ahunga RIB agarurwa n’abaturage
Umwanditsi
October 15, 2024
Kamonyi-Nyamiyaga: Umurezi mu kigo cy’Ishuri araye mu maboko atari aye kubera umwana w’umukobwa w’imyaka 14-15
Umwanditsi
October 17, 2024
Ibyiciro

Amakuru

5795 Posts

Politiki

4046 Posts

Ubuhinzi

145 Posts

Ubukungu

992 Posts

Imyidagaduro

79 Posts

Imikino

138 Posts
Facebook Pinterest Twitter Youtube
  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga

Intyoza.com itangaza amakuru yanyu mungingo zinyuranye z'ibibera ku isi no mukirere. Byaba ari ibyiza byubaka ndetse nibibi byo kwibazaho nko mu Bukungu, Politiki, Ikoranabuhanga, Umuco, Ubuzima, n'ibindi byinshi. Mutwandikire, mwinigure, mutugezeho ibitekerezo byanyu cyangwa izindi nkuru mwifuza kugeza kubandi.

© 2022, All Rights Reserved.

  • Amakuru
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubukungu
  • Ubuhinzi
  • Ubuzima
  • Urukundo
  • Ibindi
    • Ubukerarugendo
    • Ikoranabuhanga